Abwira abateraniye mu kiganiro yatangiye i Riyadh muri Arabie Saoudite, Perezida Kagame yavuze ko gushora imari mu mibereho myiza y’abaturage no kubazwa ibyo abantu bashinzwe biri mu byatumye u Rwanda...
*Iyi nama bazigira hamwe uko ubukungu bw’isi bwasaranganywa Paul Kagame ari muri Arabie Saoudite mu ruzinduko azitabiramo inama mpuzamahanga ku bukungu bw’isi. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Mata, 2...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we uyobora Ubufaransa Emmanuel Macron baganira ku ngingo zitandukanye zirimo uko umubano hagati ya Kigali na Paris warushaho gutezwa imbere no mu zi...
Perezida Paul Kagame avuga ko abayobozi batagomba kumva ko ari bo ntangiriro bakaba n’iherezo ry’ibintu byose bibera mu bihugu byabo. Abo bayobozi bumva ko iyo bamerewe neza n’abandi biba ari uko. Icy...
Raporo ya Banki y’Isi iheruka gusohoka yashimye ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bizamura ubukungu ku kigero kiza ku buryo ubu buhagaze kuri 7.2%. Ikindi ni uko umusaruro mbumbe warwo nawo wazamutse ku...
Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mata, 2024, Perezida Kagame yahaye abasirikare ipeti rya Sous Lieutenant ribinjiza muri ba ofisiye bato. Ni igikorwa...
Mu ijambo yagejeje ku basirikare barangije amasomo bari bamazemo iminsi mu kigo cyabo cya Gako, Perezida Kagame yababwiye ko mu muco w’Abanyarwanda muri rusange n’ingabo muri rusange bazira agasuzugur...
Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera harabera itangwa ry’ipeti rya Second Lieutenant rihabwa abasirikare bamaze igihe batorezwa muri iki kigo amasomo abagira abafosiye bato. Ikigo cya...
Mu ruzinduko Perezida Paul Kagame ari mo mu Bwongereza yaganiriye na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu Rishi Sunak ku idosiye ikomeye irebana n’ishyirwamubikorwa ry’amasezerano yo kohereza abimukira m...
Perezida Paul Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere mbere yo gukorana ikiganiro n’itangazamakuru yabanje kugirana ikiganiro na Bill Clinton waje uhagarariye itsinda ryoherejwe na Guverinoma y’Amerik...









