Urubyiruko 494 rurimo urusanzwe ruba mu Rwanda n’uruba mu mahanga rwaraye rweretse Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente n’abandi bashyitsi ko rwatojwe imyitwarire ya gitore kandi rwayifashe neza. ...
Muri BK Arena haraye habereye umukino wa Basketball wahuje Ikipe ya Basketball y’u Rwanda niya Argentina urangira u Rwanda rutsinze ku manota 61-36. Uyu mukino wari witabiriwe na Perezida wa Rep...
Dr. Usta Kayitesi wari usanzwe uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere RGB yahererekanyije ububasha na mugenzi we Dr. Doris Uwicyeza ngo asigare ayobora iki kigo. Kayitesi aherutse gusimbuzwa U...
Perezida Paul Kagame yavuze ko bidakwiye ko abayobozi bahora mu nama z’urudaca kandi zikerereza abantu ntihavemo imyanzuro irambye. Yabwiye Abaminisitiri bashya barahiriye inshingano ko mbere yo gukor...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bitazageza kuri uyu wa Mbere taliki 19, Kanama, 2024 toni z’umuceri zari zaraheze ku mbuga mu mirenge y’akarere ayobora zitabonye abaguzi. Hashize igihe gi...
Abagize Guverinoma baherutse gushyirwaho na Minisitiri w’Intebe bazarahira kuri uyu wa Mbere. Aba bagabo n’abagore bagera kuri 21 baherutse gutangazwa mu itangazo ryasohotse mu ijoro ryo ku wa Gatanu ...
Ubwo aheruka mu Rwanda umwami wa Eswatini witwa Mswati III yakiriwe na Perezida Paul Kagame baganira uko ibihugu byombi byakomeza gukorana. Yari mu Rwanda mu muhango wo kurahira kwa Paul Kagame warahi...
Andrew Mwenda umwe mu banyamakuru bakomeye mu Karere u Rwanda ruherereyemo aherutse gutangariza mu kiganiro Long Form ko muri Nzeri, 2024 ni ukuvuga mu kwezi gutaha umukinnyi w’amakofe ukomeye ku isi ...
Mu ijambo ryamaze hafi isaha Perezida Kagame yabwiye Abadepite na Minisitiri w’Intebe yari amaze kwakirira indahiro ko inzego z’iperereza zarangaye ntizamugezaho ikibazo cy’umuceri weze ari mwinshi up...
Perezida Kagame yaraye yongeye kugirira icyizere Dr. Edouard Ngirente, amugira Minisitiri w’Intebe. Ni itangazo ryaturutse mu biro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, ku mugoroba wo kuri uyu wa Ka...









