Nk’uko asanzwe abigenza, Perezida Kagame yageneye ingabo, Polisi n’izindi nzego z’umutekano ubutumwa burangiza umwaka. Azishimira umuhati wazo mu gutuma u Rwanda rutekana kandi akazibutsa ko umuhati w...
João Lourenço uyobora Angola aherutse gutekerereza Perezida wa Mauritania, akaba na Perezida w’Afurika Yunze ubumwe, witwa Mohamed Ould Cheikh El Ghazouani aho agejeje ubuhuza akora hagati ya Kigali n...
Madamu Jeannette Kagame yageneye Abanyarwanda ubutumwa bwo kubibutsa ko nta kiryoha nk’umuryango utekanye kandi urangwa n’urukundo. Ubutumwa bwe bwaciye kuri X ya Imbuto Foundation, bwibanda cyane ku...
Perezida Kagame yabwiye abarahiriye inshingano nshya baherutse guhabwa muri Guverinoma y’u Rwanda ko bakwiye kuzirikana ko mu nshingano bahawe harimo n’iyo gushaka amikoro. Abarahiye ni Nelly Mukazayi...
Felix Tshisekedi yongeye kwemeza ko ubutegetsi bwe butazigera na rimwe buganira n’ubuyobozi bwa M23. Ni amagambo yavugiye mu Nama y’Abaminisitiri yaraye ateranyije mu ngoro yiswe la Cité de l’Union af...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko mu nama yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 14, Ukuboza, 2024 yahuje ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda( Olivier Nduhungirehe) na D...
Perezidansi ya Angola yatangaje ko ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Perezida Kagame na Perezida Tshisekedi bitakibaye. Ni amakuru RFI ivuga ko yizewe kuko yatangajwe na Angola, igihugu gikora ub...
Mu buryo budasubirwaho, Perezida Kagame niwe watangaje ko u Rwanda rutanze Kandidatire yo kuzakira Formula 1. Yagize ati: “Nishimiye gutangaza ku mugaragaro ko u Rwanda ruri gusaba kugarura isiganwa r...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 12, Ukuboza, 2024 Perezida Kagame yashimiye abayobozi mu ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka kubera icyizere bagiriye u Rwanda bakaza mu nama...
Ubwo yakiraga indahiro ya Perezida w’Urukiko rw’ikirenga n’umwungirije, Perezida Kagame yavuze ko abantu barenganya abandi cyangwa bakikubira iby’abandi bakwiye kubireka. Avuga...









