Mu masaha yashyira saa saba z’amanywa kuri uyu wa Gatandatu tariki 06, Gashyantare, 2021 Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yitabiriye Inteko rusange y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe. Ari buyigezeho ra...
Perezida Kagame yaraye ababwiye Intiti zo mu Ishami rya Kaminuza ya Stanford ryigisha Politiki mpuzamahanga ryitwa Hoover Institution ko imwe mu mpamvu zituma Umugabane w’Afurika udahabwa ijambo ari ...
Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ijambo ku banyacyubahiro bitabiriye inama yatangirijwemo uburyo byo guhangana n’indwara zirengagijwe bita Neglected Tropical Diseases. Yasabye ibihugu by’Afurika gu...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko Ihuriro NEPAD ryerekanye ibishoboka mu guteza imbere Afurika. Ubu butumwa bukubiye mu ijambo yagejeje kuri bagenzi be bitabiriye umuhango wo kwizihiza imyaka 2...
Perezida Paul Kagame yasabye abakinnyi b’Amavubi kuza gukinana umutima n’umurava mu mukino bari bukine na Togo, bakawutsinda. Minisitiri wa Sports n’Umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa niwe wabagije...
Tariki 21, Ukuboza, 2020 Perezida Kagame mu kiganiro n’abanyamakuru yavuze ko u Rwanda ruzakora uko rushoboye rukaba mu bihugu bya mbere bizabona urukingo rwa COVID-19. Bidatinze inzego z’u Rwanda zis...
Ku wa Kabiri Tariki 19, Mutarama, 2021 Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yagejeje ubutumwa yahawe na Perezida Kagame kuri Felix Tshisekedi. Yari kumwe n’Umugaba Mukuru w’...
Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rumaze iminsi rwumva urubanza aho abana babiri bavugaga ko bashaka umunani mu mutungo wa nyakwigendera Gaspard Mirimo wari umukire. Nyuma yo kumva impaka z’urudaca, ur...
Nta gihe kinini gishize Perezida Paul Kagame atangaje ko u Rwanda ruzaba mu bihugu bya mbere by’Afurika bizabona urukingo rwa COVID-19. Kuva icyo gihe ndetse na mbere y’aho gato, inzego z’ubuzima zari...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Lieutenant Colonel Dr Tharcisse Mpunga avuga aho icyorezo kigeze, umwanzuro wagombaga gufatwa na Guverinoma ari Guma mu Rugo y’Igihugu cyose arik...









