Kuri uyu wa Kane tariki 01, Mata, 2021 Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ivuga ko ngaruka COVID-19 yagize kuri Afurika n’uburyo bwo guhangana nazo. Iriya nama yitabiriwe n’abandi banyacyubahiro ba...
Jean-Paul Kimonyo ni umushakashatsi mu mateka y’u Rwanda cyane cyane urwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Yahoze ari umujyanama wa Perezida Kagame. Avuga ko raporo y’Abanyamateka b’Abafaransa nta...
Perezida Kagame yagaragaje ko ashyigikiye ko igihe cyo gusubika kwishyura amadeni ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere cyongererwa kugira ngo birusheho guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya COVID-19. N...
Perezida Paul Kagame yaraye ayoboye Inama nyunguranabitekerezo ku iterambere ry’ikoranabuhanga muri iki gihe Isi muri rusange na Afurika by’umwihariko iri kuva gahoro gahoro mu ngaruka z’icyorezo COVI...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente niwe uzahagararira Perezida wa RepubulikaPaul Kagame mu muhango wo gusezera nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli. Uyu muyobozi wa Tanza...
Major General Charles Karamba uhagarariye u Rwanda muri Tanzania yanditse mu gitabo kirimo amagambo asezera kuri Perezida John Pombe Magufuli uherutse kwitaba Imana. Abanyacyubahiro hirya no hino ku i...
Ibi biherutse kwemezwa n’Umuyobozi wungirije mu Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’abaturage, Assistant Commissioner of Police (ACP) Rose Muhisoni ub...
Icyegeranyo cyasohowe kuri uyu wa Kane cyakozwe na InterParliementary Union na UN-Women cyerekana uko abagore bahagaze mu nzego z’ubuyobozi muri Afurika cyerekanye ko u Rwanda ruri ku mwanya wa mbere ...
Umusaza Nyagashotsi Epimaque yigeze kuba umurwanyi mu bitwaga Inyenzi ndetse ngo yafatanyije n’abarwanyaga Hitler mu Ntambara ya Kabiri y’Isi. Ubu afite imyaka 101. Uyu musaza atuye mu Mudugudu wa Kam...
Perezida Paul Kagame yavuze ko atumva icyashingiweho n’u Bwongereza mu gufata icyemezo cyo gukumira ingendo zituruka mu Rwanda, mu gihe rutaragaragaramo ubwoko bushya bw’icyorezo cya COVID-19 cyandura...









