Muri iyi minsi Abanyarwanda n’abanyamahanga bari gukurikirana isiganwa ry’amagare riri kubera mu Rwanda. Ku Cyumweru nibwo rizarangira. Nta gihe kinini gishize rishyizwe ku rwego rwa 2.1 n...
Mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku bayobozi baganiraga uko hashyirwaho amasezerano arambye yo guhangana n’icyorezo COVID-19 , yababwiye ko n’ubwo isi yakoranye ibakwe( ingufu...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda n’u Burundi biri mu nzira zo kunoza umubano kubera ubushake bugaragara ku mpande zombi, ariko ikibazo gisigaye ku ruhande rwa Uganda ku buryo ngo atabasha no ku...
Perezida Paul Kagame yavuze ko uburyo u Rwanda rwitwara mu gukumira ikwirakwira rya COVID-19 butanga umusaruro, akebura abakirenga ku mabwiriza yo kwirinda iki cyorezo, bamwe bikaba byaranabagizeho in...
Perezida Paul Kagame yasabye abanyarwanda kumenya ibibafitiye inyungu akaba ari byo bakurikira, kuko iyo bitabaye ibyo baha urwaho abanyamahanga bashaka kubaryanisha. Ni ubutumwa yatangiye mu nana y’i...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru wa FPR Inkotanyi, yayoboye inama ya komite nyobozi yaguye y’uyu muryango, yatangiye kuri uyu wa Gatanu ku cyicaro gikuru cyawo i Rusororo mu Karere ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko bikenewe ko ubuhinzi bushyirwamo imbaraga n’ishoramari bukwiye, kuko burimo amahirwe menshi yo kurangaza imbere iterambere ry’uyu mugabane mu gihe kirekire. Kuri uyu wa ...
Kuri uyu wa Mbere nibwo abasore n’inkumi barenga 700 bahawe ipeti rya Second Lieutenant na Perezida Paul Kagame. Bari barangije amasomo abategurira kuba ba ofisiye bato mu Ngabo z’u Rwanda...
Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame ari buhe abasirikare 700 ipeti ry’aba Ofisiye bato. Ni umuhango uri bubere mu kigo cya Gisirikare kiri i Gako mu Karere ka Bugesera. Aba ba...
Ubwo yagezaga ijambo ku bandi banyacyubahiro mu nama yo kwishimira ko hashize umwaka abatuye Isi batangiye ubufatanye mu kurwanya COVID-19 binyuze mu gusaranganya inkingo, Perezida Kagame yavuze ko gu...









