Kuri uyu wa Gatandatu itsinda riyobowe na Madamu Rebecca Kadaga iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu nama iri buhuze abahagarariye ibihugu byombi ngo basuzumire hamwe uko inyungu z’umutekano ...
Rebecca Kadage wigeze kuba Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Uganda ubu akaba ari Minisitiri w’Intebe wungirije wa Uganda hakiyongeraho no kuba ari Minisitiri w’Ibikorwa by’Umuryango w’ibihugu b...
Amatora y’Umukuru w’Inteko ishinga amategeko ya Uganda aheruka kuba yarangiye uwari usanzwe ayiyobora Madamu Rebecca Kadaga atsinzwe. Ubu irayoborwa na Jacob Oulanyah. Ariya matora yabereye mu Nteko r...


