Saa kumi n’imwe n’iminota 25 z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 26, Nzeri, 2023 ahitwa Ryarubaga mu Kagari ka Nyagahinga, Umurenge wa Rusororo habereye impanuka y’ ikamyo yashatse guca ku ...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Impuzamiryango y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA, witwa Naphtali Ahishakiye yabwiye itangazamakuru ko batashimishijwe n’icyemezo cy’urukiko rw’ubujurire cy...
Abacamanza bo mu rukiko rw’ubujurire baraye bategetse ko Félicien Kabuga usazwe ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 arekurwa. Baboneyeho gutegeka ko urubanza rwe ...
Urukiko rw’i La Haye rwanzuye ko Felisiyani Kabuga adashobora kuburanishwa kubera ibyo rwise ‘ibibazo by’ubuzima’. Hari amakuru avuga ko ubwonko bwa Kabuga bitakibuka ibintu byose byabaye mu gihe cyah...
Urukiko rw’ikirenga muri Kenya rwatangaje ko ibyo abanyamategeko bamwe basaba by’uko imitungo ya Kabuga Felisiyani yarekurwa ntikomeze gufatirwa nta shingiro bifite. Ubuvugizi bw’uru rukiko buvuga ko ...
Francois Xavier Nsanzuwera wugeze kuba Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika yabwiye inteko iburanisha urubanza rwa Kabuga Felicien ko uyu mugabo ari we watanze amafaranga menshi mu gushinga RTLM’ Radio...
Umushinjacyaha mukuru mu bashinja Felisiyani Kabuga witwa Serge Brammertz yavuze ko kera kabaye abagizweho ingaruka n’ibyaha Kabuga yakoreye Abatutsi bagiye guhabwa ubutabera nyuma y’imyaka 28 Jenosid...
Felisiyani Kabuga aratangira kuburana mu mizi kuri uyu wa Kane Taliki 29, Nzeri, 2022. Ni urubanza abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi n’abakurikirana iby’ubutabera muri rusange bose bari bategereje...
Kubera ko bitakiri ngombwa cyane ko umuntu aba ari kumwe n’undi ngo babone kuganira kubera ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga, hari abantu bafite umutima mubi bashuka abandi bakashora mu byo amategeko ...
Ubwo Kabuga Felisiyani yafatwaga bigatangazwa, yabaye inkuru iri mu zanditsweho cyane mu Rwanda n’ahandi haba Abanyarwanda kuko yari uwa mbere washakishwaga kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorew...









