Nyuma yo gukura mu nzira ivu n’ibindi byose byatewe n’inkongi ikomeye yibasiye agakiriro ka Gisozi, amakuru acvuga ko umuntu umwe ari we yahitanye. Umuriro mwinshi wakongoye agace kari gatuye kitaruye...
Nyuma y’inkongi yakongoye agace gato k’Akagari ka Musezero mu Murenge wa Gisozi muri Gasabo, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yongeye gusaba abantu kwibuka ko no gutunga kizimyamwoto bifasha iyo hari in...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko abaturage bagomba kumva no kumvira inama bahabwa n’abayobozi babo kuko ari bo zigirira akamaro. Avuga ko kumvira h...
Abasore babiri baherutse gutabwa muri yombi na Polisi ifatanyije n’urwego rw’ubugenzacyaha nyuma y’umunsi umwe bibye Frw 4,110,000 umugiraneza w’umunyamahanga yari yabikuje ngo yishyurire abana amafar...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko igihe cyose abibwe cyangwa abafitanye isano n’abagiriwe nabi babiyimenyesheje ku gihe, nta mujura cyangwa umugizi wa nabi uzayicika. Umuvugizi wayo Commissioner of Police (C...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu ryafatiwe mu Karere ka Gasabo abant batatu bafite magendu y’inzoga zihenze zifite agaciro ka Miliyoni 5, 414, 000. Abo bagabo baguwe gitumo baf...
Hagiye gushira igihe ‘kinini’ hirya no hino mu Rwanda humvikana abantu bishe abandi bakoresheje inyundo, imihini, umuhoro cyangwa izindi ntwaro gakondo. Polisi y’u Rwanda yongeye gushimangira ko abako...
Assistant Commissioner of Police( ACP) Yahaya Kamunuga avuga ko ikipe ya Polisi y’u Rwanda, Police FC, itanga umusaruro uruta ibyo bayishoramo kandi ngo birabashimisha. Yabibwiye abanyamakuru bari bi...
Ibihugu by’Afurika byatoye u Rwanda ngo ruyobore Ihuriro nyafurika ry’inzego zita ku bidukikije. Rwatorewe mu nama yahuje abayobozi b’ibi bigo bibumbiye mu cyo bise Environmental Protection Agen...
Nyuma y’uko umukino wahuje La Jeunesse na AS Muhanga urangiriye mu mvururu, Polisi yafunze abakinnyi babiri ba La Jeunesse kubera guhohotera uwasifuye uriya mukino witwa Toni Karemera. La Jeunesse yat...








