Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwatangaje ko bugiye gutangira gufasha Polisi kumenyekanisha ibyiza byo kwirinda impanuka muri Gerayo Amahoro binyuze mu mbugankoranyambaga zayo. Iki cyemezo cyafashwe na ...
Umuvugabutumwa witwa Apostle Mignone Kabera uyobora Umuryango Women Foundation Ministries avuga ko Imana yaremye umugore kugira ngo abe icyuzuzo cy’umugabo kandi bose babikore mu nyungu zabo n’iz’igih...
Umugabo wari usanzwe ukoreshereza imodoka mu Mujyi wa Kigali aherutse kuyibwa n’umukanishi. Uwo mukanishi yayibiye Nyabugogo aza gufatirwa mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu yayikuyemo moteri n...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko uburyo bwiza bwo kutagirwaho ingaruka n’inzoga ari ukutanywa na nkeya. Yabivugiye mu gikorwa cyo kurangiza ukwezi inzego z’ubuzima na Polisi y’u Rwan...
Lt Col Simon Kabera yagizwe Umuvugizi wungirije w’ingabo z’u Rwanda. Bikubiye mu itangazo ryasohowe na Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda, bikaba byategetswe na Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’I...
Abatuye kimwe mu bice by’umujyi wa Kigali byamenyekanye kurusha ibindi ari ho mu Biryogo baganirijwe na Polisi y’u Rwanda. Umuvugizi wayo Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabibukije akam...
Umuyobozi w’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije Juliet Kabera avuga ko Leta iri gusuzuma uko amasahane n’ibikombe byacika mu mashuri. Kabera avuga ko amasahane n’ibikombe abana bariraho...
Ubukangurambaga bugamije kwibutsa Abanyarwanda akamaro ko kwitwararika igihe cyose bakoresha umuhanda bwiswe Gerayo Amahoro, bwakomereje mu bigo bya Leta. Icy’imisoro n’amahoro( Rwanda Revenue Authori...
Abashinzwe umutekano mu muhanda bavuga ko hirya no hino mu Rwanda hagaragara abashoferi bitambika imbangukiragutara(Ambulances), bakazima inzira kandi ziba zigiye gutabara Abanyarwanda ubuzima buba bu...
Abanyeshuri bo hirya no hino mu Rwanda babwiwe ko umuhanda ari umuyoboro ibavana aho biga, bajya aho bataha, ukabavana aho baba ubageza ku nshuti bityo ko atari umuharuro bakiniramo cyangwa uruganirir...









