Umuvugizi wungirije w’ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera avuga ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi hari abahisemo kuba ibigwari boreka igihugu ariko hari abahisemo ubutwari barwanira igihugu baraki...
Komiseri w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano w’ibikorwa remezo n’ibigo byigenga bicunga umutekano; Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yasabye abafite ibigo byigenga bi...
Umuvugizi mushya wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga aherutse kubwira Taarifa ko mu gihe agiye kumara ari Umuvugizi w’uru rwego, azubakira ubushobozi abavugi...
Mu nama ya mbere yakoranye n’abayobozi b’ibigo byigenga bicungira abantu umutekano, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabasabye gukora uko bashoboye imibereho y’abakozi babo ikaba myiza. N...
Taliki 29, Ukwakira, 2018 nibwo Commissioner of Police ( CP) John Bosco Kabera yatangiye imirimo mishya yo kuba umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda. Yari asimbuye ACP Theos Badege wakomereje akazi muri Pol...
Mbere y’uko umukino wa Polisi FC na APR FC utangira, habanje gutambutswa ubutumwa bwibutsa abafana, abakinnyi n’abayobozi b’amakipe yari agiye gukina ko kwitwararika mu muhanda ari bumwe mu buryo buri...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabwiye Abakirisitu bo muri Women Foundation Ministries/Noble Family Church bitabiriye amateraniro ‘Wirira Fellowship’ ko k...
Kuri Kigali Pélé Stadium habereye inama yahuje ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, abamotari hafi ya bose bo muri uyu Mujyi, RURA na Polisi y’u Rwanda. Umujyi wa Kigali wagaye abamotari bagaragaraho umwan...
Mu Gasyata mu Karere ka Nyarugenge ahitwa ku Bigega bya Essence hari moto zigera ku 160 n’imodoka zirenga 40 zaraye zifashwe na Polisi kubera kudacana amatara kandi zigenda. Bamwe mu bamotari babwiye...
Polisi y’u Rwanda, mu bukangurambaga bwa Gerayo Amahoro, yabwiye abatwara ibinyabiziga ko bakwiye kwatsa amatara ayo ari yo yose mu gihe cyagenwe. Babwiwe ko amatara ku modoka atari umurimbo ahubwo ar...









