Abaganga baherutse gusuzuma uwahoze ari Perezida wa Amerika, Joe Biden, bamusangana cancer ifata ubugabo kandi iri ku kigero cyo hejuru cyane. Abo mu Biro bye nibo baraye babitangarije ABC News, ndets...
Ibihugu bitandukanye bikomeje gusaba abaturage babyo kuva muri Ukraine, mu gihe hari ubwoba ko intambara ishobora kurota hagati y’icyo gihugu n’u Burusiya. Ni ibyemezo birimo gufatwa n’ibihugu byo mu ...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yakuyeho ibihano byafatiwe u Burundi mu 2015, kubera impinduka zimaze kuba mu gihugu ku butegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye. Ni ibihano byaf...
Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Jeffrey Feltman, Intumwa yihariye ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bihugu bigize agace k’ihembe rya Afurika. Jeffrey Feltman aheruka kuzenguruka i...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye kohereza muri Afurika inkingo za COVID-19 zisaga miliyoni 15, nk’igice cy’inkingo miliyoni 80 icyo gihugu giheruka kwemera gusaranganya n’amahanga bitarenze Kame...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yahagaritse iteka rya Donald Trump yasimbuye, ryakumiraga muri Amerika ‘application’ zikunzwe cyane za TikTok na WeChat. Ni ‘applic...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Turikiya yatumije Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri icyo gihugu, ngo atange ibisobanuro ku cyemezo igihugu cye cyafashe cyo kwemeza Jenoside yakorewe ...
Nyuma y’amezi asaga abiri Kamala Harris arahiriye kuba Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, we n’umugabo we Douglas Emhoff ntabwo barabasha kwimukira mu nzu y’akazi kubera ko ikirimo kuvugur...
Umwe mu bayobozi bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden bwatangiye kugerageza kuvugisha ubwa Korea ya Ruguru, nubwo urwo ruhande nta gisubizo ruratan...








