Raporo yamuritswe n’u Rwanda yagaragaje ko u Bufaransa bwagize uruhare mu gutuma Jenoside ishoboka, gusa bisobanurwa ko raporo igamije kugaragaza amateka, itagamije kugira abo ikurikiranaho ibyaha. Iy...
Raporo yatangajwe kuri uyu wa Mbere ku ruhare rwa Leta y’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi yanzuye ko u Bufaransa bwayigizemo uruhare rufatika(significant) kuko rwateye ingabo mu bitugu Guve...
Mu masaha yo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 19, Mata, 2021, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yayoboye Inama Y’Abaminisitiri idasanzwe iri butangarizwemo uruhare rw’ubutegetsi rw’u Bufaransa...
Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa Mbere izamurika raporo ku ruhare rw’u Bufaransa mu bihe byagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, imaze iminsi ikorwaho n’impuguke. Iyo raporo yatan...
Ubutabera bw’u Bubiligi bwarekuye by’agateganyo Pierre Basabose ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, waherukaga gutabwa muri yombi. Yafashwe ku wa 30 Nzeri 2020, afatirwa mu ntara...
Ahitwa Montlieu-la-Garde mu Bufaransa haraye hafatiwe umupadiri witwa Marcel Hitayezu ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Kimwe mu byo aregwa ni ukugaburira Interahamwe ...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zemeye koherereza u Rwanda Madamu Béatrice Munyenyezi ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mugore yageze muri USA abeshya ko nta ruhare yigeze...
Abayobora Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi haba mu Rwanda no mu mahanga banditse ibaruwa ya paji ebyiri isaba ubuyobozi bwa Kaminuza ya Cambridge kutazaha urubuga Ma...
Bwana Edouard Balladur wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa mu gihe Jenoside yakorewe Abatutsi yakorwaga mu Rwanda yabwiye France 24 ko u Bufaransa butagombye kugira icyo bwicuza kuri Je...
Mu gihe hari abakomeje guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi, Mwiza Josy avuga ko ubuhamya bwe ari ikimenyetso ko uwahigwaga yaziraga ko ari Umututsi, ku buryo Jenoside idakwiye gusobanurwa ukundi. Mu b...









