Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwamenyesheje Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwa muri Niger ko icyemezo kibirukana muri icyo gihugu cyasubitswe iminsi 30, mu...
Urwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT) rwategetse Niger guhagarika icyemezo cyirukana mu gihugu Abanyarwanda umunani baheruka kwimurirwayo, nyuma y’igihe baba i Arusha mu...
Ni ubutumwa urubyiruko rugize Intore ziswe Inkomezamihigo rwaraye ruhawe n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Uburere mboneragihugu Madamu Clarisse Munezero ubwo yazinjiz...
Ubusizi ni imvugo y’inyunge yuje ibitekerezo n’inama bigamije guhwitura, gushima, gutaka cyangwa kwerekana igicyenewe mu muryango runaka w’abantu. Ku byerekeye u Rwanda, Umunyarwandakazi w’umusizi wit...
Perezida w’Urwego rwasimbuye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT), Umucamanza Carmel Agius, yanze kurekura Pauline Nyiramasuhuko atarangije igifungo nk’uko yaherukaga kubisab...
Umucamanza Theodor Meron wakunze kunengwa n’u Rwanda, yasezeye mu Rwego rwasigaranye imirimo y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha (IRMCT), icyemezo kizashyirwa mu bikorwa guhera ku wa 17 Ugushyingo 2021. ...
Urwego rwasimbuye Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (IRMCT), rwatangaje ko urugendo rwo gushakisha Protais Mpiranya ukekwaho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 19...
Ubuyobozi bw’Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali bwamenyesheje abantu batandukanye ko ibikorwa byo kurusura bitemewe kuri uyu wa Mbere, umunsi witezweho uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu wa Tanzania....
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwemeje ko kuri uyu wa Mbere bwakiriye Venant Rutunga umaze igihe yihishe mu Buholandi, woherejwe n’icyo gihugu ngo akurikiranwe ku byaha bya Jenoside akekwaho. Uyu mugabo ...
YARATWANDIKIYE: Nitwa Kantarama ndi Umunyarwandakazi. Iyi nyandiko nyituye ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique kugira ngo abazashobora kuyisoma muri bo bazumve ko ababyeyi babo basize mu Rwanda bab...







