Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa rwateye utwatsi ubusabe bw’abifuzaga ko amaperereza ku wahanuye indege ya Juvenal Habyarimana yakomeza, ruha agaciro icyemezo cyafashwe n’umucamanza mu 2018. Ni ...
Inararibonye muri politiki y’u Rwanda Tito Rutaremara avuga ko hari amakosa yakozwe agatuma Ingabo z’u Rwanda mu ntambara nyinshi, zari zigamije gukumira abanzi bashakaga gusenya no kurangiza umugambi...
Itariki ya nyuma yageze. Abanyarwanda umunani bimuriwe muri Niger baheruka kwemererwa kuguma muri icyo gihugu mu minsi 30, mu gihe bagishakirwa ahandi berekeza. Nyamara u Rwanda rwonyine nirwo rwemeje...
Umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abayahudi David Frankel watanze ubuhamya bw’ibyamubayeho yavuze ko ibyababayeho muri kiriya gihe byari bibabaje cyane. Ubutumwa bwe bwibanze ku byago we na bagenzi ...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi u Rwanda rwifatanyijemo n’Ambasade ya Israel, Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda Dr. Thomas Kurz yavuze ko igihugu cye gi...
Kuri uyu wa Kane nibwo Abanyarwanda bifatanyije n’Ambasade ya Israel mu Rwanda mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi ikozwe n’Abanazi mu Ntambara ya Kabiri y’Isi yose. Umuhango wo kubibu...
Ubushinjacyaha bwabwiye Urukiko rw’Ubujurire ko bwatunguwe n’uburyo Mukandutiye Angelina yaciriwe urubanza n’Urukiko rukuru, akagabanyirizwa igihano kandi ngo ibi bitandukanye n’uko amategeko abitegan...
Nyuma y’uko iburanishwa rya Béatrice Munyenyezi risubitswe mu ntangiriro za Mutarama kubera ko abamwunganiraga babuze kubera akandi kazi bari bafite, kuri uyu wa Kabiri, taliki 18, Mutarama, 2022 ryat...
Kabuga Félicien uregwa ibyaha bya Jenoside agiye gusubira imbere y’abacamanza b’Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, mu gikorwa gitegura urubanza rwe mbere y’uko rutangira...
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwanzuye ko iburanishwa ry’urubanza Béatrice Munyenyezi aregwamo ibyaha bya Jenoside risubikwa kubera ko abanyamategeko bamwunganira batabonetse. Ni inshuro ya kabiri risub...









