Hashize igihe gito Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya abwiye Taarifa ko hari abarimu bahitamo kutigisha amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Bamwe muri bo babwiye itangazamakuru ko babite...
Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya avuga ko bafite amakuru y’uko hari abarimu bagera ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ntibayigishe bakayasimbuka. Ntiyavuze aho ari ho, ariko yemeza ko...
Christine N.Umutoni yahawe inshingano zo kuyobora amashami yose y’Umuryango w’Abibumbye akorera muri Liberia. Amazina ye yagejejwe ku Nama ya Guverinoma ya Liberia irayemeza, ubu yatangiye imirimo. Ya...
Mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi u Rwanda hari ibyo rwari rwaragezeho. Hari imihanda ya kaburimbo yari ihari, imiturirwa, ibibuga by’umupira w’amaguru, amashuri n’ibindi. Uwavuga ko nta terambere ...
Hon Oda Gasinzigwa wigeze kuba Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango akaza no guhagararira u Rwanda mu Nteko ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yaraye agizwe Perezi...
Umushinjacyaha mukuru uyobora Urwego rwasigariyeho inkiko zashyiriweho guhana abakoze Jeniside yakorewe Abatutsi, Dr. Serge Brammertz yavuze ko n’ubwo abagiriye nabi abandi bakoze ibintu bibim ariko ...
Padiri Lambert Iraguha ni umwe mu bapadiri bashyizeho uburyo bwo guhuza Abanyarwanda binyuze mu isanamitima. Yabwiye abitabiye inama nyunguranabitekerezo k’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda ko ha...
Mu gitabo cy’abashyitsi basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, Mevlüt Çavuşoğlu ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Turikiya yanditse ko igihugu cye kifatanyije n’u Rwanda mu bihe rwanyuzemo. Av...
Uyu mugabo w’imyaka 61 y’amavuko yari amaze igihe gito akatiwe gufungwa imyaka 14 nyuma yo guhamwa na Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 bari batuye mu bice bya Gitwa na Bisesero, ubu ni mu K...
Mu Murenge wa Gitambi Mu Karere ka Rusizi hari abanyamuryango ba Koperative COTIAGIRU bavuga ko itanura bubakiwe mu mwaka 2013 ryubatswe nabi k’uburyo ryakoze inshuro imwe gusa nabwo mu igerageza. Ry...









