Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yabwiye abanyacyubahiro bari muri Uganda mu Nama mpuzamahanga y’ibihugu bivuga ko bidafite aho bibogamiye ko iyo abantu bunze ubumwe bagera kuri by...
Hagati y’italiki 23 n’italiki 24, Mutarama, 2024 nibwo mu Mujyi wa Kigali hazateranira Inama y’Igihugu y’Umushyikirano izaba ibaye ku nshuro ya 19. Uretse gusuzuma aho iterambere rigeze mu baturage, h...
Abanyamategeko ba Israel basobanuye imbere y’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ku kirego Guverinoma ya Afurika y’Epfo iherutse kurega Yeruzalemu ivuga ko iri gukorera Abanya Gaza Jenoside. Kuri uyu wa K...
Perezida Kagame hamwe na Abdallah II umwami wa Jordanie baraye bayoboye isinywa ry’amasezerano y’ibihugu byombi mu nzego zirimo no kurwanya inyerezwa ry’imisoro n’ubufatanye mu by’ubumenyi mu by’ubuvu...
Umuvugizi wungirije w’ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera avuga ko muri Jenoside yakorewe Abatutsi hari abahisemo kuba ibigwari boreka igihugu ariko hari abahisemo ubutwari barwanira igihugu baraki...
Dr.Munyemana Sosthène uherutse guhamwa n’ibyaha bitatu birimo na Jenoside, agahanishwa gufungwa imyaka 24, yajuririye icyemezo cy’urukiko. Bikimara kumenyekana ko yajuriye, Ubushinjacyaha nabwo bahise...
Nyuma y’igihe kirekire urubanza rw’abagabo babiri bakurikiranyweho Jenoside yakorewe Abatutsi rubera mu Bubiligi, rwaraye rukaswe. Urukiko rwa rubanda rw’Ububiligi rwategetse ko Twahirwa Séraphin wi...
Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG, wahembye abanyeshuri batsinze amarushanwa yo gukora ibihangano ku buzima bwo mu mutwe. Umukozi Ushinzwe Ubuzima bwo mu ...
Ubutabera bwanzuye ko Sosthène Munyemana afungwa imyaka 24 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi byakorewe i Tumba. Perezida w’Urukiko yatangaje ko uru rukiko rwasanze yarateguye, ...
Mu Mudugudu wa Murehe, Akagari ka Gasagara mu Murenge wa Rongi muri Muhanga hatuye umugabo witwa Niyotwisunga Isaïe w’imyaka 47 y’amavuko ufite irangamuntu amaranye imyaka 18 yanditse mu mazina ya Kay...









