Nyuma y’amakuru yavugaga ko umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Nyanza witwa Superintendent of Police (SP) Eugene Musonera yafunzwe akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuvugizi wa Po...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inama mpuzamahanga yiswe Global Citizen Now ko ishoramari rikomeye u Rwanda rwakoze ari uguhuza Abanyarwanda bakunga ubumwe. Umukuru w’Igihugu yavuze ko ibikomere k...
Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we uyobora Ubufaransa Emmanuel Macron baganira ku ngingo zitandukanye zirimo uko umubano hagati ya Kigali na Paris warushaho gutezwa imbere no mu zi...
Ibyo uko umwamikazi Rosalie Gicanda yangiwe kuba mu Bubiligi agasubizwa mu Rwanda habura igihe gito ngo Jenoside yakorewe Abatutsi itangire ndetse imuhitane byatangajwe na Minisitiri w’ubumwe bw’Abany...
Umuryango IBUKA urengera inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi wasohoye ibaruwa ndende usaba Leta zunze ubumwe z’Amerika binyuze ku Munyamabanga wayo ushinzwe ububanyi m’amahanga...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi bahoze bakorera Minisiteri y’uburezi n’abandi bakoraga muri uru rwego bazize Jenoside, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi,...
Imibare itangazwa n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ivuga ko Akarere ka Gasabo ari ko kagaragayemo ingengabitekerezo ya Jenoside kurusha utundi hagati y’italiki ya 07 n’iya 13, Mata, 2024. Mu...
Ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe muri Centre Christus i Remera mu Karere ka Gasabo, hari taliki 12, Mata, 2024, Perezida wa IBUKA yavuze ko hari abahesha b’inkiko bahishe amarangizarubanza y’abarokotse ...
Amakuru Taarifa igikusanya aremeza ko Fabien Neretse wari warahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi akaba yari afungiye mu Bubiligi yapfuye. Yari yarahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe A...
Urwego rw’Igihugu rw’Uburezi, REB, rwatangaje igitabo cyandikiwe kwigisha urubyiruko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Byemewe ko gishyirwa mu mashuri yose kugira ngo gifashe abarimu kubona ibisu...









