Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga ashima ubwitange abasirikare bashya binjiye muri RDF bagaragaje mu gihe bamaze batozwa, abasaba kuzashyira mu bikorwa ibyo bize. Yabivugiye ...
Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye kuri uyu wa Kabiri taliki 27, Gashyantare, 2024 yanzuye ko General Patrick Nyamvumba aba Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania. Fatou Harerimana wahatangiye imirimo...
Ubutegetsi bw’i Teheran bwatangaje ko buzihorera mu rupfu rw’Umujerali wabwo witwa Brig. Gen. Seyed Razi Mousavi buvuga ko aherutse kwicwa n’igitero Israel yagabye muri Syria mu bice bituriye Umurwa m...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yaganiriye n’abajenerali ndetse n’abandi basirikare baherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru abashimira ubwitange bagaragaje mu myak...
Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yabwiye abakinnyi ko mu gihe batisubiye ho hari impinduka zazakorwa kandi zikazagira abo zikoraho. Abo bashobora kuzirukanwa mu mpera z’uyu mwaka w...
Ubushinjacyaha bwa Repubulika ya Peru bwataye muri yombi abasirikare batandatu bafite ipeti ryo ku rwego rwa Jenerali bakurikiranyweho ruswa ishobora kuba yaratumye bahabwa ariya mapeti n’uwahoze ari ...
Kuva Leta zunze ubumwe z’Amerika zatangaza ko zibaye igihugu kigenga, hari taliki 04, Nyakanga, 1776 ubu hashize imyaka 246, nibwo bwa mbere Umwirabura udafite andi amaraso akomokaho, ahawe ipeti rya ...
Gitifu( umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari) urebye niwe pfundo ry’imiyoborere yegerejwe abaturage. Kubera ko ba Mutwarasibo na ba Mudugudu ari we baha raporo akayigeza ku bamukuriye barimo na Njy...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasinye iteka rishyira mu kiruhuko cy’izabukuru ba Ofisiye bakuru 36 bo mu Ngabo z’u Burundi, barimo batanu bo ku rwego rwa General na ba Colonel 29. Muri ab...
Gen Abdel Fattah Al-Burhane yatangaje ko Minisitiri w’Intebe wa Sudani aherutse guhirika ku butegetsi witwa Abdallah Hamdok yahise amufungira iwe[kwa Jenerali] kandi azasohoka yo ari uko akaduruvayo g...








