Karine Jean-Pierre uvugira Ibiro bya Perezida w’Amerika yatangaje ko Amerika yahaye u Rwanda miliyoni $11 ni ukuvuga arenga miliyari Frw 12 ngo ruyakoreshe mu guhangana na Marburg. Amerika iri no gufa...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe imisoro n’amahoro buvuga ko amafaranga kizinjiriza Ikigega cya Leta azagera kuri miliyari Frw 2.637 ni ukuvuga 52% by’ayo igihugu giteganya kuzakusanya yose ha...
Iby’uko Jean Paul Samputu ashaka gushinga umutwe wa Politiki byatangajwe na kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda, kivuga ko uriya muhanzi yabigiriwe mo inama n’abategetsi bo muri Uganda barimo na ...


