Hari raporo ivuga ko umusaruro w’ibigori u Rwanda rwahuritse mu mwaka wa 2024 ungana na toni 29, 510 mu gihe mu mwaka wa 2023 wari toni 5,837 ni ukuvuga inyongera ya 405.51%. Ni umusaruro mwinshi k...
Mu iteganyagihe ry’iminsi icumi riherutse gusohorwa n’Ikigo cy’u Rwanda cy’ubumenyi bw’ikirere handitsemo ko hagati y’italiki 11 na 20 Nzeri, 2024 Umujyi wa Kigali, Uburasirazuba bw’u Rwanda n’Amajyep...
Abashinwa batuye muri imwe mu mijyi minini bugarijwe n’ubushyuhe bwinshi ndetse buza kurenga 40°C. Imijyi yibasiwe n’ubu bushyuhe ni Umurwa mukuru Beijing,Hebei na Henan. Ikigo cy’Ubushinwa gishinzwe ...
Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, yemeye guha u Rwanda ‘inkunga’ ya Miliyoni $319. Ni amafaranga azarufasha muri gahunda rwihaye zo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ik...
Minisitiri w’ibikorwaremezo Bwana Ernest Nsabimana avuga ko muri iki gihe isi yugarijwe n’ingaruka zikomoka k’ugushyuha kw’ikirere, ni ngombwa ko ibihugu bitangira gukoresha ingufu zisubira harimo n’i...
Akamaro k’izuba si ukumurikira abatuye isi gusa no gutuma imyaka year binyuze mu byo bita photosynthis ahubwo abantu basanze imirasire yaryo ishobora kubyazwa amashanyarazi. U Rwanda rurii mu bihugu b...
Mu rwego rwo gufasha Leta kugera ku ntego yihaye y’uko bitarenze mu mwaka wa 2024 buri rugo rw’u Rwanda ruzaba rufite amashanyarazi, abakora mu kigo kitwa MySol bamaze iminsi baha abaturage ibyuma bik...
Abaturage bavuga ko hari impungenge z’uko imyaka bateye izuba kubera ko muri rusange imvura yo muri Nzeri yabaye nke kandi ikagwa isimbagurika ntitume ubutaka bunywa amazi ngo bijute. Impungenge zabo ...
Mu Rwanda hagiye kubera inama Mpuzamahanga iziga uko amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba yaboneka ahagije kandi agakwizwa aho akenewe hose. Izaba guhera Taliki 18-20 Ukwakira 2022, ikaba yarat...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, kivuga ko ubukonje abantu bari kubona mu Ntangiriro ya Kanama, 2022 ari ubw’igihe gito kuko uku kwezi kuzashyuha kurusha ukurangiye kwa N...









