Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe rivuga ko 51.3% by’Abanyarwanda biyahura, ari urubyiruko. Ni abafite hagati y’imyaka 19 na 35 , muri bo 16.8% bari munsi y’imyaka 18 n&#...
Dr. François Xavier Kalinda yaje gusimbura Dr. Augustin Iyamuremye uherutse kuva muri Sena kubera impamvu z’uburwayi. Kalinda asanzwe ari umunyamategeko akaba yarigeze kujya mu Nteko ishinga amategeko...
‘By’agateganyo’, Madamu Esperance Nyirasafari niwe ugiye kuyobora Sena y’u Rwanda nyuma y’uko Dr. Augustin Iyamuremye yeguye. Mu ijoro ryakeye nibwo Dr. Iyamuremye yasohoye itangazo rivuga...
Dr. Augustin Iyamuremye yaraye atangaje ko yeguye ku nshingano zo kuyobora Sena y’u Rwanda. Ibaruwa yanditse iby’iyegura rye ivuga ko yabikoze bitewe n’uburwayi. Hashize imyaka umunani Dr. Jean Damasc...
Dr Augustin Iyamuremye usanzwe ari Perezida wa Sena yabwiye abaturage b’Akarere ka Nyagatare yari yifatanyije nabo umuganda ko burya Nyagatare ari kimwe mu bitangaza Abanyarwanda baremye. Hari mu kiga...
Abagize Sena y’u Rwanda bari mu mwiherero w’iminsi itatu ugamije kwisuzuma ngo barebe uko buzuza inshingano zabo. Watangiye Taliki 27 ukazarangira Taliki 30 Nyakanga 2022. Ugamije kungurana ibitekere...
Mu Rwanda Hagiye Guteranira Inama Ya 12 Y’Abakuru B’Inteko Zishinga Amategeko Mu Bihugu Bivuga Igifaransa. Kuri uyu wa Kabiri tariki 25, Gicurasi, 2021 mu Ngoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda h...
Perezida wa Sena Dr Iyamuremye Augustin yavuze ko u Rwanda rudakeneye abarwibutsa kwibuka abishwe muri Jenoside bazira ko batayishyigikiye, kuko nta we urusha abanyarwanda kumenya ibigwi byabo. Ni aba...
Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr Augustin Iyamuremye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta bagiye muri Niger guhagararira Perezida Kagame Paul mu muhango kurahirira kuyobora N...








