Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwemeje ko Joseph Harerimana wari ukurikiranyweho kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya wamamaye nka Apôtre Yongwe ahanishwa igifungo cy’umwaka umwe usubitse n’...
Mu kwisobanura kwe mu rukiko rw’ibanze rwa Gasabo, Apôtre Yongwe yavuze ko kuba yarasabaga ituro abazaga mu rusengero, nta cyaha yakoze kuko ngo Yesu yarisabaga. Yunzemo ko habaye hari abumva ko yabas...

