MTN Group ubu ifite umuuyobozi mushya witwa Ali Monzer akaba agomba gusimbura Mapula Bodibe. Uyu mugabo yari asanzwe ayobora MTN ishami rya Sudani y’Epfo, imirimo yatangiye guhera muri Mata, 2024. Mon...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama y’iminsi itatu y’ibihugu binyamuryango bya COMESA kugira ngo abayitabiriye bigire hamwe uko hahuzwa ibiciro byo guhamagarana kw’ababituye. Ni ikintu abayobozi bayi...
Mu byaha icyenda Gen Alain Guillaume Bunyoni aregwa mu rukiko rw’ikirenga rw’Uburundi, uyu mugabo wabaye umwe mu bakomeye muri iki gihugu yavuze ko ibyo ashinjwa byagaragaye kubera ko inzego z’iperere...
Mu rwego rwo kwifatanya n’ubuyobozi bwa MTN n’abakiliya bayo mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 iki kigo kimaze mu Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko kuba rwarahisemo gukorana nayo yari amahitamo meza....
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwatangije murandasi y’igisekuru cya kane( Fourth Generation, 4G). Ni murandasi yakozwe na Airtel-Rwanda ubwayo, ikazahabwa abantu bose ku giciro bari basanzwe bagurirah...
Inteko rusange y’abanyamigabane ba MTN Rwandacell PLC (MTN Rwanda) iherutse guterana yemeranya ko kuri uyu wa Mbere taliki 26, Kamena, 2023 abanyamigabane bayo bari bugabane inyungu ya Miliyari Frw 9....
Mu muhango wo guhemba abasoreshwa bitwaye neza mu mwaka wa 2022, kimwe mu bigo byashimiwe ni Airtel- Rwanda, iki kibaka ari ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga. Iki kigo kandi giheruts...
MTN Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Kane taliki 30, Kamena, 2022 ifite umuyobozi mushya witwa Mapula Bodibe. Asimbuye Mitwa Ng’ambi woherejwe kuyobora iki kigo muri Cameroun akazatangira akazi ...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ikigo cyatsindiye kurinda inyubako zibamo ibikoresho by’Ikigo cy’Abanya Koreya y’Epfo gitanga serivisi z’itumanaho iherutse gufata abagabo bane bari bifite ibyuma byifas...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yakiriye mu Biro bye Umuyobozi mu Kigo mpuzamahanga giteza imbere itumanaho witwa Doreen Bogdan-Martin. Ashinzwe ishami riteza imb...









