Kuri iki Cyumweru Tariki 24, Kanama, 2025 Itorero Angilikani mu Rwanda (EAR) ryizihirije mu Murenge wa Gahini muri Kayonza isabukuru y’imyaka 100 rimaze rikorera mu Rwanda. Mu mwaka wa 1925 nibwo ryat...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yabwiye urubyiruko rurangije itorero ry’Indangamirwa ko gukomera k’u Rwanda gushingiye ahanini ku cyubahiro Abanyarwanda biha aho bari hose...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda CG Félix Namuhoranye asaba urubyiruko kuzibukira ibibi bakitabira imikorere ishyize mu gaciro, ibahesha ikanahesha igihugu cyabo agaciro. Yabivugiye mu kiganiro a...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere, RGB, bwahagaritse Itorero ry’Umuriro wa Pentekote mu Rwanda kubera impamvu zirimo kuzana ibice mu bayoboke binyuze mu kubabibamo amacakubiri. Ikin...
Si inkuru mbarirano ahubwo ni inkuru y’impamo abagize AERG begeranyije barayinonosora ngo bazayibarire abazitabira igitaramo itorero rya AERG Inyamibwa ryaraye ritaramiyemo Abanyarwanda barimo na Pere...
Ubwo yatangizaga itorero ry’abayobozi b’utugari two mu Ntara y’i Burasirazuba riri kubera i Nkumba mu Karere ka Burera, Dr. Jean Damascène Bizimana uyobora MINUBUMWE yakebuye abayobozi muri rusange ko...
Ibibazo Abadepite basanze mu bigo ndarabuzima bamaze iminsi basura byatumye hari hamwe muribo basaba ko hakwiye kurebwa uko bamwe mu bakozi ba RSSB bajyanwa mu ngando bakigishwa indangagaciro z’Abanya...
Bamwe mu bayoboke ba ADEPR ( Association des Eglises Pantecôte Du Rwanda) bavuga ko Komite Nyobozi iheruka gushyirwaho n’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ngo ikemure ibibazo birimo, ahubwo yabiz...
Perezida w’ u Burundi Evariste Ndayishimiye yatashye inyubako zirimo n’Urusengero rushya rwa Kiliziya y’Aba Methodiste ( Eglise Méthodiste Libre) ruri i Bujumbura ahitwa Carama Gahahe. Yari aherekejwe...








