Kuba mu ngabo habamo ishami rishinzwe ibikorwaremezo kandi rikora no mu gihe cy’amahoro ni icyemezo cy’uko mu nshingano zazo harimo ni kubaka ibikorwa by’amajyambere rusange y’abaturage. RDF ifi...
Gen( Rtd) Kale Kayihura wigeze kuba Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda aherutse kubwira abaturage ba Kisoro mu gihugu cye ko bakwiye kwigira ku Rwanda bakubaka igihugu cyabo. Yatanze urugero rw’uko ...
Ubuyobozi bwa RDB bwaganiriye n’abafatanyabikorwa bwayo barebera hamwe ibyo icyanya cy’inganda cya Masoro kimaze kwinjiriza u Rwanda. Umuyobozi mukuru wungirije wa RDB Nelly Mukazayire yabwiye abari a...
Perezida Kagame yaraye abwiye abitabiriye umusangiro yari yateguriye Abanyarwanda n’inshuti zabo ko nta kintu kizakoma imbere iterambere ry’u Rwanda. Avuga ko aho rwageze rujya hasi hari hahagije kugi...
Ubwo yafunguraga inteko rusange y’Abadepite bagize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yavuze ko ibihugu by’aka Karere bikwiye gukorana kugira ngo ...
Ibiro bikuru by’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, byimukiye mu nzu nshya iherutse kuzura hafi neza neza y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ku Kimihurura. Iki kigo kizakorera mu magorofa atandatu...
Uru ruhare rugaragarira mu mafaranga boherereza imiryango yabo cyangwa andi bashyira mu mishinga iteza igihugu imbere. Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi iherutse gutangaza ko mu mwaka wa 2022, Abanyar...
I Kigali hagiye kubera Inama Mpuzamahanga Y’iterambere ry’Umugore yiswe Women Deliver 2023 Conference izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 17, Nyakanga, 2023. Abagore baturutse imihanda yose bageze i K...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwaraye busabwe kuyoboka ikigo cy’imari n’imigabane kugira ngo abashoramari bayiguremo imigabane, icuruze irusheho gutera imbere. Byaraye bisabwe n’Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rw...
Guverinoma y’u Rwanda iri kwitegura kuzakira inama mpuzamahanga y’ishami ry’umuryango ryita ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ibiri mu birwa bito n’ibihugu bidakora ku Nyanja izaruberamo mu mwa...









