Dr. Agnes Kalibata, kuri uyu wa Kane tariki 06, Werurwe, 2025 yarangije manda ebyiri yari amaze ayobora Ikigo Nyafurika gishinzwe guteza imbere ubuhinzi, Alliance for a Green Revolution in Africa (AG...
Jean-Guy Afurika niwe wagenwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ngo ayobore Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB. Ni umugabo wigeze gukora muri Banki Nyafurika ishinzwe iterambere, Africa Developme...
Perezida Kagame yaraye avuze ko urubyiruko rw’u Rwanda ari rwo mizero yarwo kandi ko rufite ubushobozi bwo kurugeza aheza rutigeze rugera mu mateka yarwo. Yabivugiye mu ijambo yaraye agejeje ku Banyar...
Akarere ka Bugesera ni kamwe mu Turere dufite amajyambere ari kwihuta cyane. Ibarura rusange ry’abaturage ryo mu mwaka wa 2022 rivuga ko gatuwe n’abaturage 551 103. Kuba gaturanye n’Umujy...
Kuri uyu wa 23, Ukuboza, 2024, Koperative Umwalimu SACCO yatangaje ko hari uburyo butatu bushya mwalimu azajya abonamo inguzanyo zirimo izishingiye ku buhinzi n’ubworozi yiswe ‘Sarura Mwalimu’, iy’ubu...
Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi, Prudence Sebahizi yabwiye abikorera ku giti cyabo ko u Rwanda rwahize ko mu myaka itanu iri imbere rugomba kuba rwohereza hanze ibintu bifite agaciro ka Miliyari $7 z...
Perezida Paul Kagame yaraye ahembewe kuba Umunyafurika w’umwaka wa 2024 nyuma y’uko abamuhaye iki gihembo basuzumye bagasanga nta wundi wamuhize mu kuzamura ubukungu bw’Afurika. Iki gihembo kigenerwa ...
Abatuye mu Mijyi y’u Rwanda bakunze kwambara isaha, haba iburyo cyangwa ibumoso. Abatayambara bayigendana kuri telefoni zabo, abandi bakagira isaha mu ngo zabo no mu biro. Icyakora ntibibabuza gukerer...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping n’itsinda rye baraye baganiriye na mugenzi we Paul Kagame ku mikoranire irambye kandi inoze hagati ya Kigali na Beijing. Muri ibyo biganiro, Ubushinwa bwiyemeje ko bugi...
Ubwo hizihizwaga imyaka 25 umwami wa Maroc Muhammed VI ageze ku ngoma, Ambasaderi w’ubu bwami yasezeranyije Uburundi ko buzabufasha mu cyerekezo cyabwo cyo kuva mu bukene. Uburundi bwiyemeje ko mu mwa...









