Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko Afurika atari umugabane warazwe ubukene, ahubwo ko ari ahantu hashobora gutera imbere nk’uko n’abandi babigezeho. Yabivugiye imbere y’urubyiruko rwa Afurik...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe asanga uturere tw’u Rwanda dukwiye kwita kuri siporo ariko tukareba uko tuyihuza n’ubukungu kugira ngo byose bijyanirane. Yabivugiye mu ...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe iterambere rya Afurika, UN Economic Commission for Africa (ECA), Umunyarwanda Ambasaderi Claver Gatete yabwiye amahanga ko ak...
Edouard Ngirente uyobora Guverinoma y’u Rwanda asanga kugira ngo Afurika yongere amashanyarazi ikenera, ikwiye gufatanya mu kubyaza umusaruro akomoka ku ngufu zisubira harimo iza nikileyeri, izuba n’u...
Guverinoma ibicishije muri Minisiteri ya Siporo irateganya ko mu cyiciro cya kabiri cya gahunda yiswe Isonga hazubakwa ibibuga 63 byo gukoreramo siporo z’ubwoko bwinshi. Minisiri wa Siporo, Nelly Muka...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko gahunda Guverinoma ayoboye yafashe mu myaka yatambutse zatumye ubuzima bwa benshi mu Banyarwanda buba bwiza byisumbuyeho. Yemera ariko ko hakiri uruge...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yasinye amasezerano yo kwakira no gukoresha Miliyoni $300 mu mishinga yo kubungabunga ibidukikije, guteza imbere ingufu zisubira, kwita ku gutwara mu...
Perezida wa Kenya William Ruto yageze i Beijing mu Bushinwa kuganira n’ubuyobozi bwabwo uko ibihugu byombi bakongera imikoranire mu bukungu n’ahandi. Urwo ruzinduko ruzamara iminsi itanu, abamuhereke...
Nimureke tuganire ku nkomoko y’ubukire bwa kimwe mu bihugu by’Abarabu bikize kurusha ibindi bihugu hafi ya byose ku isi, icyo kikaba Arabie Saoudite. Iki gihugu kiri mu bihugu by’Abarabu bya mbere bik...
Prof.Didas Kayihura Muganga uyobora Kaminuza y’u Rwanda avuga ko mu myaka iri imbere ikigo abereye umuyobozi w’agateganyo kizakomeza guharanira ko umubare w’abafite ubumuga n’impunzi bayigana wiyonger...









