Umutwe w’Iterabwoba witwa Islamic State watangarije mu kinyamakuru cyawo kitwa Al-Naba ko watangiye kugaba ibitero muri Benin. Ibi bitero bigamije gutesha umutwe ubutegetsi bwa Patrice Talon uyobora i...
Abarwanyi ba Al Shaabab baraye bagabye igitero kuri Hotel ikunda gusurwa n’abayobozi bakuru muri Guverinoma ya Somalia witwa Hayat Hotel. Kugeza ubu abantu 12 nibo batangajwe ko bahasize ubuzima. Ikin...
Imyaka igiye kurenga 15 umutwe w’iterabwoba Al Shabaab utangiye ibikorwa bwawo byahitanye benshi barimo abayobozi ba Somalia n’abasirikare benshi b’Afurika yunze ubumwe bagiye kugarura amahoro muri ki...
Muri Israel impaka ni nyinshi. Polisi y’iki gihugu iravugwaho kudahoza ijisho n’amatwi ku baturage ba kiriya gihugu b’Abarabu bikaba byaratumye hari bamwe muri bo bashinga umutwe w’iterabwoba, bakawus...
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire guhamya Paul Rusesabagina ibyaha byose aregwa, maze rukamuhanisha gufungwa burundu, hagakurwaho igihano cy’imyaka 25 yahawe n’Urukiko Rukuru. Ubwo ur...
Urukiko rw’Ubujurire rwategetse ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba aburanishwa adahari, nyuma y’uko kuri uyu wa Mbere atarwitabye kandi yaremenyeshejwe umunsi w’urubanza. Urukiko rwat...
Rusesabagina Paul wahamijwe ibyaha by’iterabwoba agakatirwa gufungwa imyaka 25, kuri uyu wa Mbere yanze kwitaba Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kuburanisha urubanza aregwamo hamwe na bagenzi be 20. Ib...
Polisi ya Uganda yatangaje ko imaze gufata abantu 21 bakekwaho ko bagize agatsiko gakomeje kugaba ibitero bitandukanye mu gihugu, gashamikiye ku mutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu burasirazuba bwa R...
Polisi ya Uganda yemeje ko abantu batatu bishwe n’ibisasu byaturikiye mu murwa mukuru Kampala kuri uyu wa Kabiri harimo umupolisi umwe, mu gihe imibare y’abakomeretse yazamutse ikagera ku bantu ...
Polisi ya Uganda yemeje ko abantu batatu biturikirijeho ibisasu kuri uyu wa Kabiri mu murwa mukuru Kampala, byica abasivili batatu naho abandi 33 barakomereka, ubu barimo kwitabwaho mu Bitaro bya Mula...









