Polisi ya Israel ivuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mberet ariki 08, Nzeri, 2025 i Yeruzalemu hagabwe igitero cy’iterabwoba kishe abantu batandatu, batatu muri bo bakaba abagisha mu idini rya Kiyahud...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda n’ubw’iza Qatar bwayoboye igikorwa cyo kwemerera abasirikare ba RDF 163 kurangiza imyitozo ihambaye bari bamazemo igihe mu ishuri rya Nasho muri Kirehe. Abo basirikare b...
Ikigo gikurikirana amakuru y’ubutasi kitwa SITE Intelligence Group cyatangaje ko hari abasirikare 70 ba Benin bishwe n’abarwanyi b’Ishami rya Al Qaeda ryitwa JNIM mu gitero bagabweho...
Major General Emmy Ruvusha uyobora inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique yaganiriye n’umugaba w’ingabo z’iki gihugu ku zindi ngamba zikwiye mu guhashya abahakorera iterabwoba. Hari mu nam...
Binyuze mu guhanahana amakuru no gufatanya mu gukurikirana abanyabyaha, Polisi zo mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba ziyemeje guhangana n’ibyaha byambukiranya imipaka, bigakorwa binyuze mu ikoranab...
Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda avuga ko ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwahuje imbaraga na FDLR n’indi mitwe yayogoje Uburasirazuba bwa DRC irimo na ADF...
Umuhinde Salman Khan ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ibindi bifitanye isano wabaga mu Rwanda yoherejwe iwabo. Kuri uyu wa Gatatu, taliki 27 Ugushyingo 2024, nibwo yurijwe indege ku kibuga cy’Ind...
Inzego zombi, Polisi y’u Rwanda n’iya Somalia, zashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bikorwa bitandukanye byo gucunga umutekano birimo no kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Kuri uyu...
Abaguzi bari baje guhahira muri rimwe mu maduka manini y’i Sydney muri Australia bahuye n’akaga ubwo bumvaga induru z’abantu baterwaga icyuma n’umusore wahinjiye rwihishwa. Yishe abantu batanda...
Abasirikare bayoboye Niger birukanye Ambasaderi w’Ubufaransa ku butaka bw’igihugu cyabo, bamuha amasaha 48 ngo abe yarangije kubavira ahabo. Ni icyemezo kije gitsindagira ko ubutegetsi bw’aba basirika...







