Abanyamakuru baganiriye na Taarifa banenga abakora mu bigo bya Leta bashinzwe kubivugira no kubitangaho amakuru (Public Relations Officers) ko batabaha amakuru bashaka, ayo babahaye aza atinze cyangwa...
Hari Kuwa Kabiri taliki 01, Ukuboza, 2020 ubwo Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yabwiraga Intumwa za rubanda uko uburezi buhagaze. Yavuze ko muri 2018 ari bwo Leta yatangije Politiki...
Ubushinjacyaha bwaraye busabiye Nicolas Sarkozy wigeze kuyobora u Bufaransa gufungwa imyaka ine. Ni mu rubanza aregwamo gukoresha ububasha yari afite nka Perezida agashyira umucamanza Gilbert Azibert ...


