Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda riherutse kuvugururwa rwamaze gutangazwa mu igazeti ya Leta. Imwe mu ngingo zigize iri tegeko ni ukuvuga iya 173 ivuga ko Abadepite bari mu myanya igihe iri T...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, kirashaka ko hatorwa itegeko rigiha ubuzima gatozi, kikareka kuba ikigo kigenwa na Minisiteri y’Intebe. Ibi bizagiha ububasha bwo gutoranya no gushyiraho ab...
Nta munsi cyangwa ibiri ihita, byatinda cyane hagashira icyumweru…mu Rwanda hatavuzwe umugabo cyangwa umugore wishe uwo bashakanye, umugabo wishe umwana cyangwa abana n’ibindi bikura abantu umutima! ...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika yaburiye abaturage b’iki gihugu kutajya muri Uganda uko biboneye kandi n’abasanzwe bahatuye bakagira amakenga. Itangazo ritanga uyu mubu...
Umushinga w’itegeko ryo kuvugura itegeko nshinga ry’u Rwanda wemerejwe ishingiro na Sena nyuma yo kuwugezwaho n’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, mu minsi mike yari itambutse. Abasenateri ...
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Hon Edda Mukabagwiza yaraye agejeje ku Badepite bagize Inteko rusange raporo ikubiyemo isuzuma ryakozwe ku mushinga ugamije ko...
Mu Nteko rusange y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo umwe mu Badepite yabwiye bagenzi be ko igihe kigeze ngo hatorwe itegeko rihana abarya imbwa n’injangwe kub...
Inteko ishinga amategeko ya Uganda irashaka gutora itegeko rihana mu buryo budasubirwaho abatinganyi kubera ko ngo ubutinganyi bwugarije umuryango mugari w’abaturage b’iki gihugu. Muri Uganda ha...
Mu Kagari ka Kamuhoza, Umurenge wa Kimisagara haravugwa urupfu rw’umwarimukazi abanyeshuri be basanze yapfuye. Yari afite imyaka 61 y’amavuko, umurambo we ukaba waragaragaye mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Mu gihe isi yitegura kuzazirikana umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, abafite ubwo kutabona bo muri Uganda basohorewe Kopi y’Itegeko nshinga ryanditswe mu nyandiko yabagenewe yitwa Braille. ...









