Imwe mu ngingo zigize Itegeko rigenga abantu n’umuryango riherutse gusohoka mu mpera za Nyakanga, 2024 rivuga ko kororoka mu buryo bw’ikoranabuhanga k’umugabo n’umugore bashyingiranywe bishobora gukor...
Kimwe mu biganirompaka bikomeye biri kubera mu Rwanda ni icy’umushinga w’itegeko rizagenga sosiyete sivile wamaze kugezwa mu Nteko ishinga amategeko utanzwe na RGB. Sosiyete sivile ivuga ko inama yata...
Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga rya Uganda rwatangaje ko itegeko ribuza ubutinganyi muri iki gihugu rikomeza kubahirizwa nk’uko ryatowe mu mwaka wa 2023 ariko ruvuga ko abo rireba bemerewe u...
Nyuma y’uko Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Dr. Emmanuel Ugirashebuja ahaye ibisobanuro Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, ku ishingiro ry’Itegeko rigana imikoranire y’...
Komisiyo y’igihugu y’amatora, NEC, yatangaje uko gahunda y’Amatora ya Perezida wa Repubulika n’Amatora y’Abadepite akomatanyije izagenda. Bikubiye mu ngengabihe iyi Kominisiyo yasinywe n’Umuyobozi muk...
Umugabo witwa Jonathan Scott aherutse kwandikira Ibiro by’Umunyamabanga w’Amerika bishinzwe ubutabera( wagereranya na Minisiteri y’ubutabera mu Rwanda) avuga ko asanzwe akorana na Polisi y’u Rwanda, R...
Steven Kabuye uzwi mu guharanira ko ababana bahuje ibitsina bagira uburenganzira muri Uganda ari mu bitaro aho arembeye nyuma yo guterwa ibyuma ahantu hatandukanye. Yatezwe igico n’abantu bataramenyek...
Uru rukiko rwanzuye ko ikirego cyari cyaratanzwe na Edward Murangwa cy’uko RIB idakwiye gusaka abantu iterekanye uruhushya ihabwa n’urukiko nta shingiro gifite. Murangwa yari yaratanze iki kirego muri...
Inteko rusange ya Sena yateranye kuri uyu wa Mbere taliki 27, Ugushyingo, 2023 yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga n° 001/2019.OL ryo ku wa 29/07/2019 rigenga amat...
Itangazo rya Banki y’Isi ryasohotse kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Kanama, 2023 rivuga ko nta wundi mushinga w’iterambere rya Uganda bazatera inkunga kubera ko badashaka ko hari bamwe mu baturage ba ki...









