Ubuyobozi bwa Twitter bwafunze imbuga bamwe mu banyamakuru bakomeye ba The New York Times, na CNN na The Washington Post bakoreshaga. Twitter ivuga ko yahagaritse imbuga za bariya banyamakuru kubera k...
Jean Bosco Rushingabigwi ushinzwe imikorere y’itangazamakuru mu Kigo cy’igihugu cy’imiyoborere, RDB, yabwiye Taarifa ko ibyo abanyamakuru bita GITI mu by’ukuri ari ruswa. Hari mu kiganiro kihariye yad...
Donald Trump wigeze kuba Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika mu gihe cya Manda imwe, yaraye asohoye inyandiko yanditswe n’abamwunganira mu mategeko ivuga ko agiye kurega CNN n’ibindi binyamakuru b...
Minisiteri y’ubuzima yasohoye itangazo rivuga ko bibujijwe gukora inkuru ku miti cyangwa ibikorwa by’ubuvuzi. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivuga ko umuntu wemerewe kwamamaza imiti cyangwa ibikorwa by’u...
Umwe mu banyamakuru wari uri mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyateguwe n’Ihuriro ry’abanyamakuru b’abagore n’abandi bafatanyabikorwa yabajije uwari uhagaririye Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha impa...
Umunyamabanga wa Leta mu Bwongereza ushinzwe umutekano imbere mu gihugu Madamu Pritti Patel yaraye mu Rwanda mu ruzinduko rwo kwigira hamwe uko iki gihugu cyazakira abimukira 4000 bazava mu Bwongereza...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Mbere tariki 03, Gicurasi, 2021, ibigo bishinzwe gukurikirana imikorere y’ibinyamakuru mu Rwanda byaraye bitangaje abanyamakuru bahize abandi mu nkuru nziza mu mwaka ...
Imyaka irenze ibiri COVID-19 igeze mu Rwanda. Bamwe mu bantu bahanganye nayo n’ubu bagikomeje guhangana nayo ni Abapolisi. Muri iki gihe cyose imvune Polisi yahuye nazo ni izihe? Ese umugeni uhe...
Mu gihe isi ikeneye amakuru arambuye kandi yuzuye muri iki gihe yugarijwe na COVID-19, ubushakashatsi buherutse gukorwa na Reporteurs Sans Frontières( RSF) butangaza ko itangazamakuru ribangamiwe mu b...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Mata, 2021 nibwo Abanyarwanda by’umwihariko n’Isi yose muri rusange bari butangira kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Urwego rw’Igihugu rw’ubug...









