Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga Croix Rouge y’u Rwanda yifatanyije n’izindi ku isi wahariwe ubutabazi bw’ibanze, umwe mu bayobozi bakuru bayo yaboneyeho gutangaza ko iri gufash...
Mu mirenge ituriye ikiyaga cya Kivu mu turere twa Rutsiro na Rubavu hatangiye guterwa ibiti by’imbuto n’ibisanzwe kugira ngo bifate ubutaka buva mu misozi igikikije bityo hirindwe isuri. Isuri ibaho i...
Abayobozi ba Nyaruguru, Rusizi, Nyamasheke na Nyamagabe basabwe gutangira kureba uko bafata ingamba zo kuzarinda ko abaturage babo bicwa cyangwa basenyerwa n’imvura idasanzwe izagwa muri Mutarama, 202...
Mu Ntara y’Amajyepfo yateraniye Inama yo gufatira hamwe ingamba zo kurwanya isuri mu Ntara y’Amajyepfo. Imibare yayitangiwemo n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi, RAB, ...



