KARONGI: Ibyari byateguwe kandi byishyuwe ku kiguzi kinini n’ababyeyi ngo abana babo bari bagiye gushyingiranwa bakorere ibirori ahantu heza, byaje guhinduka inkuru yajegeje imbuga nkoranyambaga mu mi...
Mugabowagahunde Maurice uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko Akarere ka Gicumbi kagomba kugira inyubako zicyeye n’abaturage bakagira isuku. Nyuma yo gusura ibikorwa byerekana iterambere ...
Mu mujyi wa Kigali hasanzwe abakozi bakorera ibigo byigenga bakubura imihanda, bakanatunganya ubusitani. Muri uyu Mujyi hazanywe ikamyo ifite ikoranabuhanga rikubura rikanakoropa kaburimbo, ibi bigate...
Abo mu ihuriro bise Dope Initiatives bagize igitekezo cyo gufasha abakobwa biga mu mashuri yisumbuye kubona udukoresho tw’isuku two kwifashisha mu gihe cy’imihango. Umwe muri bo witwa Gaelle Abi Gisub...
Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda Superintendent of Police(SP) Emmanuel Kayigi avuga ko mu gihe kiri imbere Polisi igiye gutangira guhana abantu bafite ibinyabizi...
Raporo ya RGB igaragaza ko mu bushakashatsi iki kigo cyakoze, cyasanze Akarere ka Ngororero ari ko katagira umuco w’isuku kurusha utundi mu Rwanda. Akahize utundi mu kugira isuku n’umucyo ni Akarere k...
Rugira Jean Baptiste ushinzwe ubuzima mu Karere ka Kayonza n’ibikorwa by’isuku n’isukura avuga ko kuba ishuri ryisumbuye rya Gishanda ryarimakaje isuku bigaragaza ko ubukangurambaga ...
Pasiteri Etienne Nsanzimana uyobora itorero rya Brothers Church rikorera mu Kagari ka Buhungwe mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu avuga ko mu nyigisho batanga harimo n’izifasha abaturag...
Burya kuba umuntu ushyira ibintu ku murongo, akagira gahunda bigirana isano itaziguye no kuba utuje mu mutwe, udahungabanye. Abahanga baritegereje basanga abantu bashyira ibintu byabo ku murongo bagir...
Nyuma y’inkuru yavugaga ko umuyobozi w’ibitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga ataboneka mu kazi kandi ntagire uwo asigira inshingano, ubu abashinzwe isuku muri ibi bitaro barataka ko bahembwa Fr...









