Umuvugizi wa Guverinoma y’Uburundi Rosine-Guilène Gatoni yavuze ko Leta igiye gushyiraho Komisiyo yihariye yo kwiga ikibazo cy’izamuka rikomeye ry’igiciro cy’isukari, hakarebwa uko hashyirwaho ikibere...
Uruganda rukorera ahitwa Mtibwa muri Tanzania rwaraye ruhiye, inkongi ihitana abantu 11 barimo n’Umunyakenya umwe. Mtibwa ni mu Burasirazuba bw’Intara ya Morogoro, imwe mu Ntara za Tanzania. Amakuru a...
Imvura imaze iminsi igwa mu Rwanda yatumye ibishanga uruganda rw’isukari rwa Kabuye rwahingagamo ibisheke byuzura. Ingaruka zabaye iz’uko amakamyo apakira ibisheke abura uko agera mu kazi ndetse n’aba...
Ubwo yagiraga icyo abazwa ku izamuka ry’ibiciro rimaze iminsi ku isoko ry’u Rwanda harimo n’igiciro cy’isukari, Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Béatha Habyarimana yavuze ko ku byerekeye isukari, im...
Chocolat(e) ifite ikintu ihuriyeho n’ikinyobwa bita Kombucha ndetse n’ikiribwa cy’Abanya Koreya y’Epfo kitwa Kimchi. Icyo bihuriyeho ni ibinyabuzima bito bituma biryohera, ibyo binyabuzima ni Microbes...




