Abayahudi b’i New York baramagana ibyo Israel iri gukora muri Gaza, bakavuga ko ari akarengane gakomeye iri guteza abahatuye. Ababyamagana ni abagize itsinda mu Giheburayo bita Neturei Karta mu Kinyar...
Abayobozi mu bubanyi n’amahanga ba Israel na Syria baherutse kwicarana baganira uko hakwirindwa ko umwiryane umaze igihe hagati y’impande zombi uramba. Abantu batanu bakurikiye uko byagenze, bav...
Minisitiri w’Intebe wa Israel yaraye yanditse kuri X ko Ubwongereza budakwiye kwitiranya kwirwanaho nk’igihugu no gukorera abantu ibya mfura mbi. Minisitiri w’Intebe Sir Keir Starmer uyobora Ubwongere...
Ingabo za Israel zatangije ibitero bikomatanyije bigamije kwigarurira ibice bya Gaza bitandukanye no kwimurira abaturage basanzwe bahatuye ahantu Israel ivuga ko hatekanye. Ku rubuga rwa Minisiteri y&...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida wa Amerika Donald Trump yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu Burasirazuba bwo Hagati. Intego ni ukwagura ubucuruzi. Ataragera no ku ...
Bwa mbere mu mateka ya Palestine, ubuyobozi bwayo bwashyizeho umwanya wa Visi Perezida, intambwe bamwe bavuga ko ari iyo gutegura uzasimbura Mahamoud Abbas. Umuvugizi w’Inama nkuru y’Ishyaka Palestine...
Igitero cy’indege za Israel cyasenye igice cy’ibitaro byonyine byari bisigaye muri Gaza cyari gisigaye gikoreshwa mu kwakira indembe. Ubuyobozi bw’ingabo za Israel buvuga ko buri guk...
Abantu bo muri Turikiya bagejejwe imbere y’urukiko baregwa kunekera urwego rwa Israel rushinzwe ubutasi bwo hanze, Mossad. Urukiko rwabakatiye gufungwa hafi imyaka 100 yose hamwe iteranyijwe, bakaba b...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Israel yatangaje ko yatunguwe kandi ibabazwa no kwirukanwa k’uhagarariye iki gihugu mu Muryango wa Afurika yunze Ubumwe wari wagiye kwifatanya n’abandi mu kwibuka J...
Umuvugizi wa Hamas witwa Jihad Taha avuga ko imbaraga za gisirikare uyu mutwe ufite zikwiye gutera abayobozi ba Israel kudasinzira. Ni amagambo ashobora kongerera umujinya ingabo za Israel ziri mu nta...









