Lt.Gen Mohamed Farid uyobora Imitwe yose igize ingabo za Misiri ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Yahageze tariki 27,Gicurasi, 2021, abonana n’Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Ka...
Itsinda ry’Abanya Israel bari mu Rwanda guhera mu ntangiriro z’iki Cyumweru ryasuye ikicarp cya IBUKA ka GAERG kiri i Nyanza mu Karere ka Kicukiro ahari n’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi muri...
Abaturage ba Israel bugarijwe n’urwango rumaze iminsi rukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga bikozwe n’ibyamamare bikomeye ku isi harimo Gigi Hadid n’umuvandimwe we Bella Hadid. Ibi byamamare biherutse ...
Muri iyi minsi Perezida Joe Biden n’abo bafatanyije gutegeka Amerika bari ku gitutu asabwa ko yakwicara agasubiramo amasezerano y’ubufaranye igihugu cye gifitanye na Israel. Ariya masezerano avuga ko ...
Ingabo za Israel zimaze imyaka 25 zihiga umugabo witwa Mohammed Deif. Niwe uyobora ishami rya gisirikare rya Hamas. Mu bitero imaze iminsi igaba muri Gaza bigize ikiswe Operation Guardian of The Walls...
Kuva mu minsi mike ishize, ibisasu birimo gucicikana mu kirere cya Israel na Palestine, ariko ku ruhande rwa Israel, bike cyane nibyo bishobora kugera ku butaka. Ibyo ni ukubera imbaraga za gisirikare...
Ubwo Abayahudi bari bateraniye mu isinagogi iherereye ahitwa Givat Zeev hafi y’i Yeruzalemu barimo gusenga inzu yabagwiriye, ubu hakaba hamaze kubarurwa babiri bapfuye abandi 160 barakomereka. Ni agah...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Ron Adam aherutse guha ikiganiro kihariye ubwanditsi bwa Taarifa, agaruka ku mateka ye, ay’igihugu cye, ay’iki gihugu na Palestine, aya Israel n’u Rwanda ndetse n’imishi...
Kuva ku wa Gatatu tariki 12, Gicurasi imbunda zirasa ibisasu biremeye z’ingabo za Israel zitwa Howitzer zatangiye kurasa ziyungikanya ku birindiro by’abarwanyi ba Hamas. Ubwo kandi ni ko n’indege z’in...
Minisitiri w’ingabo Bwana Benny Gantz akaba yarigeze no kuba Umugaba mukuru w’ingabo za Israel yavuze ko igihugu cye cyatangije intambara kuri Palestine kandi ko noneho batazayihagarika ngo ni uko am...









