UBUSESENGUZI: Kugira ngo intambara yeruye hagati ya Israel na Iran ishoboke hari ibintu bigomba kubanza gukorwa kugira ngo ibe. Ibyo ahanini bishingiye ku makosa y’ububanyi n’amahanga yakorwa na kimwe...
Minisitiri w’ingabo za Israel Benny Gantz aherutse kubwira mugenzi we uyobora ingabo z’u Bufaransa Madamu Florence Parly ko ikoranabuhanga rya Pegasus Israel irigurisha ibihugu byugarijwe n’iterabwob...
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko yababajwe n’icyemezo cya Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU) cyo kwemera Israel nk’umunyamuryango w’indorerezi, cyafashwe mu buryo budakwiriye ndetse abanya...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel witwa Yair Lapid yaraye atangaje ko igihugu cye cyamaze kubona umwanya w’indorerezi uhoraho mu Muryango w’Afurika yunze Ubumwe, akemeza ko iki ari ikintu gik...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma Dr Vincent Biruta yavuze ko u Rwanda rutigeze na rimwe rukoresha ikoranabuhanga rya Pegasus runeka abarutuye. Ngo ni ibivugw...
Guverinoma ya Israel yatangije iperereza ryigenga ku mubano udasanzwe bivugwa ko wamaze imyaka ibiri hagati ya Yossi Cohen wahoze ayobora Mossad n’umugore utari uwe wakoraga mu ndege. Abashinzwe ipere...
Umwana w’imyaka 11y’amavuko ukomoka mu Bubiligi witwa Laurent Simons aherutse guhabwa impamyabumenyi ya Kaminuza mu bugenge. Avuga ko intego ye ari ukuzakora ikoranabuhanga ryo kubuza abantu gusaza no...
Mu gitabo aherutse kwandika umwanditsi w’Umunyamerika ufite inkomoko muri Israel witwa Israel W.Charny yavuze ko bibabaje kuba Turikiya yarashyize igitutu kuri Israel bigatuma itemera ko habayeho Jeno...
Saa cyenda n’igice ku isaha y’i Kigali Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Nyakanga, 2021 nibwo Isaac Herzog yarahiriye kuyobora Israel nka Perezida wayo. Ni Perezida wa 11 wa Israel, usimbuye R...
Abakozi b’Ishami ry’ubutasi imbere muri Israel ryitwa Shin Bet bambitse Perezida wa kiriya gihugu Reuven Rivlin ubwanwa burebure bufashe ku matama n’umusatsi w’umukorano, bamuha n’ikoti kugira ngo ate...









