Minisitiri w’Intebe wa Canada Mark Carney yatangaje ko igihugu cye nacyo kizatanga ko cyemeye ko Palestine iba igihugu kigenga mu buryo bwuzuye. Izaba ibaye igihugu cya gatatu mu bigize ikitwa G...
I New York ku cyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abibumbye haraye habereye inama mu muhezo yo gusaba ko ibihugu byose byemeza ko Palestine yigenga byuzuye. Ubufaransa bwari bwarasabye ko itumizwa ntibwasho...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa, Programme Alimentaire Mondial, rivuga ko rwose inzara iri mu batuye Gaza bahunze intambara, ikomeye ku buryo ibiribwa biherutse kumanurwa ...
Ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York kuri uyu wa Mbere Tariki 28, Nyakanga, harabera Inama ikomeye ihuza Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga iri butegurirwemo umushi...
Nyuma yo kuvuga ko igihugu cye gishyigikiye ko Palestine iba igihugu kigenga kandi cyemewe n’amahanga, Perezida Macron yamaganywwe na Amerika na Israel. Aha ariko ni ngombwa kuzirikana ko ubutegetsi b...
Mu gihe cy’amasaha 72 abana 21 bo mu Ntara ya Gaza bishwe n’inzara kubera ko amakamyo yari bubigeze mu nkambi aho bari yabujijwe kuhinjira n’ingabo za Israel. Ni ibyemezwa n’abanyamakuru ba BBC n’aba ...
Ingabo za Israel zatangije ibitero by’indege mu Murwa mukuru wa Syria, Damascus, ndetse ibisasu bimwe byaguye hafi y’Ibiro bikuru by’ingabo z’iki gihugu. BBC yo yavuze ko hari ...
Abayobozi bo mu bitaro bya Al-Aqsa muri Gaza bavuga ko ubwo abana na ba Nyina bari bagiye gufata imiti baguweho n’igisasu gihitana abantu 15 barimo abana umunani n’abagore babiri. Israel ivuga ko yara...
Mbere y’uko bombe ihagwa, ahacururizwa ikawa hitwa Al-Baqa hari hateraniye abanyeshuri, abahanzi n’abandi bantu bari kuganira, basangira ubwoko butandukanye bw’ikawa. Ni ahantu BBC i...
Perezida wa Iran Masoud Pezeshkian yatangaje ko igihugu cye gihagaritse imikoranire n’Ikigo mpuzamahanga cy’ingufu nikileyeri gifite icyicaro i Vienne muri Autriche. Byatangarijwe mu itangazo mu Cyong...









