Bwana El Musalmi Kabbashi usanzwe ari umuyobozi wa Al Jazeera muri Sudani yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano kandi kugeza ubu nta mpamvu y’ifatwa rye iratangazwa. Bisanzwe bizwi ariko ko iki kin...
Ubwo yari arimo atanga ikiganiro muri imwe muri Kaminuza zo mu Bwongereza Ambasaderi wa Israel mu Bwongereza Madamu Tzipi Hotovoly yasohowe n’abashinzwe kumurinda nyuma y’uko urubyiruko rw’AbanyaPales...
Hari amakuru yari yaragizwe ibanga n’inzego z’umutekano haba muri Libya no muri Israel y’uko umuhungu wa Gen Khalifa Haftar witwa Saddam Haftar aherutse gusura Israel bakagirana ibiganiro mu muhezo. B...
Hari ikirango kijya gica kuri imwe muri Radio zo mu Rwanda kivuga ko ‘ikintu cya mbere ari amakuru’. Iyo Urwego rw’imfungwa n’abagororwa rwo muri Israel ruza gukusanya amakuru no guha agaciro ayo rwab...
Hari hashize amezi atatu urubanza rwa Benyamini Netanyahu rusubitswe ariko ubu rwasubukuwe. Ubushinjacyaha bumurega ruswa, itonesha n’ibindi byaha bijyanye no gukoresha nabi ububasha yahoranye akiri ...
Ikigo gishinzwe gucunga umutekano mu ikoranabuhanga kitwa FireEye kivuga ko hari raporo cyabonye zishinja u Bushinwa kuneka ibihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bisanzwe bikorana nabwo ubucuruzi. M...
Kuri uyu wa Kane tariki 5, Kanama, 2021 ingabo za Israel zagabye ibitero ku barwanyi ba Hezbollah bari muri Liban. Ni cyo gitero cya mbere igabye muri kiriya gihugu guhera mu mwaka wa 2014. Yabikoze m...
Inama y’Abaminisitiri ba Israel yaraye iteranye ifata umwanzuro w’uko abaturage bagiye kongera kujya basohoka mu ngo zabo bambanye agapfukamunwa. Israel yari imaze amezi make ihaye uburenganzira abayi...
Guverinoma ya Botswana yiyongereye ku bihugu birimo kwikoma Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, bimushinja gufata icyemezo cyo kwakira Israel nk’indorerezi mu murya...
Ikigo NSO cyo muri Israel cyahagaritse ikoreshwa ry’uburyo bw’ikoranabuhanga bwa Pegasus nyuma ya raporo y’uko bwakoreshejwe mu kuneka abantu barimo abami n’Abakuru b’ibi...








