Kuri uyu wa Kabiri Taliki 01, Gashyantare, 2022, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yakiriye mu Biro bye Aleligne Admasu wagiye yo guhagararira Israel, ariko afite icyicaro muri Ethiopia. Mur...
Umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abayahudi David Frankel watanze ubuhamya bw’ibyamubayeho yavuze ko ibyababayeho muri kiriya gihe byari bibabaje cyane. Ubutumwa bwe bwibanze ku byago we na bagenzi ...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi u Rwanda rwifatanyijemo n’Ambasade ya Israel, Ambasaderi w’u Budage mu Rwanda Dr. Thomas Kurz yavuze ko igihugu cye gi...
Kuri uyu wa Kane nibwo Abanyarwanda bifatanyije n’Ambasade ya Israel mu Rwanda mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi ikozwe n’Abanazi mu Ntambara ya Kabiri y’Isi yose. Umuhango wo kubibu...
Inyingo yakozwe n’abaganga bo mu Bitaro byitwa Sheba Medical Center byo muri Israel ivuga ko kuba umuntu yarahawe urukingo rwa kane( muri Israel bamaze igihe barutanga) bidahagije ngo Omicron icike in...
Israel iri mu bihugu bifite ubukungu n’ikoranabuhanga ibihugu byinshi by’Afurika bicyeneye ngo byiteze imbere. N’ubwo ari uko bimeze ariko, ubusabe bwayo bwo kuba Umunyaryango w’indorerezi mu Muryango...
Mu gihe gito kiri imbere, kuba warahawe inkingo ebyiri za COVID-19 aho zateganyijwe cyangwa rumwe rwa Johnson & Johnson ntibizaba bigihagije ngo witwe ko wakingiwe byuzuye nk’uko bimeze ubu. Guver...
Bisa n’ibitakiri disikuru z’Abanyapolitiki b’i Yeruzalemu gusa, ahubwo byatangiye gutegurirwa uburyo bwo gushyirwa mu bikorwa. Ibyo tuvuga ni ibitero bya gisirikare Israel iri gutegura kuzarasa ku nga...
Hari amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri Aziya avuga ko muri Israel hadutse indwara yitwa Florona iyi ikaba ifite ibimenyetso nk’ibya COVID-19 ariko ikiyongeraho ibicurane bikomeye bita Influenz...
Nk’uko byari biherutse gutangazwa n’ubuyobozi bwa Israel, abaturage bayo ba mbere bahawe urukingo rwa kane rwa COVID-19. Muri Israel ho bose bahawe urukingo rwo mu bwoko bwa Pfizer kuva babona urwa mb...









