Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yaraye ifatanyije na Ambasade ya Israel mu Rwanda gutangiza icyumweru kihariye gifasha abanyeshuri biga ubuhinzi kwinjira mu masomo yo ku rwego rwo hejuru m’ukubuzamur...
Mu guhiga abanzi ba Israel, urwego rw’iki gihugu rushinzwe ubutasi hanze yayo bukoresha uburyo bwose kugira ngo abo banzi bafatwe cyangwa bapfe. Icyakora muri iki gihe Mossad isa n’iyahinduye uko yab...
Umwe mu bantu bahoze ari ba maneko bakuru muri Israel aherutse gutangaza ko hari ikigo cy’abanya Israel giha ubutegetsi bwa Ukraine amakuru y’aho abasirikare b’u Burusiya bakambitse kugira ibaraseho. ...
Buri muryango mugari w’abantu cyane cyane abagize amateka maremare kandi yashishikaje isi yo mu gihe cyabo, ugira imigenzo n’imihango ndetse n’imiziririzo. Mu Rwanda ho ni myinshi k’uburyo Musenyeri A...
Uyobora Ishami rishinzwe Afurika muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Israel witwa Sharon Bar-Li yanditse mu gitabo cy’abasura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi ko kuba...
Kuwa Mbere Taliki 12, Nzeri, 2022 wari umunsi bigaragara ko wari mo gahunda nyinshi z’akazi z’Umukuru w’u Rwanda. Mu masaha ashyira saa sita z’amanywa Perezida Kagame yatangije Inama mpuzamahanga yiga...
Urukiko rukuru rw’i Yeruzalemu rwatangaje ko bitarenze Taliki 08, Ukuboza, 2022 abaturage bakomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo babayo mu buryo budakurikije amategeko kandi bakaba bateremere...
Umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri Taliki 23, Kanama, 2022 inshuti n’abavandimwe ndetse n’abafana ba Burabyo Dushime Yvan baraye bamusezeyeho mu cyubahiro kitigeze gihabwa undi muhanzi watabarutse kugeza...
N’ubwo bitarajya ku karubanda ngo byerure, ababizi bavuga ko ubutegetsi bwo mu Misiri bufitiye umujinya ubwa Israel kubera ko iherutse gutangiza ibikorwa bya gisirikare muri Gaza kandi Misiri yari umu...
Dr Ron Adam uhagaririye Israel mu Rwanda yashimangiye ko igihugu cye gifata u Rwanda nk’inkoramutima yacyo. Hari mu muhango wo kugabira inka bamwe mu baturage batishoboye bo mu Karere ka Burera. Ambas...









