Amakamyo 20 yari amaze iminsi ategeje kwemererwa kuva mu Misiri ngo ashyire imfashanyo abahunze Palestine yatangiye kugera yo. Ni igikorwa kizacungwa n’Umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi. Ku rundi r...
Minisitiri w’ingabo za Israel yagiye aho zikambitse hafi ya Gaza azibwira ko mu gihe gito kiri imbere ziraba zinjiye muri Gaza. Ni icyemezo Israel ifashe nyuma yo kubyemeranywaho na Amerika binyuze mu...
Mu Biro bye bita Oval Office, Perezida w’Amerika Joe Biden yaraye agejeje ijambo ku Banyamerika ababwira ko Amerika idashobora kureka ngo Putin akore uko yishakiye kandi ngo ibi ni ko bimeze no kuri ...
Perezida w’Amerika Joe Biden yaraye aganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu bemeranya Israel igomba gutera Hamas iyisanze muri Gaza. Ni icyemezo cyari kitezwe na benshi kubera k...
Nyuma yo kugera ku kibuga cy’indege ya Tel Aviv muri Israel akakirwa na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu, Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko abantu barashe mu bitaro ibisasu bikica abana bar...
Uyu mugabo w’imyaka 60 y’amavuko niwe muyobozi wa Hamas muri iki gihe. Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Lt Col Richard Hecht yavuze ko ari we wa mbere Israel iri guhigisha uruhindu n’abo bafatanyije...
Hari amashusho ari kuri X yerekana amakamyo atwaye ibifaro byinshi bivugwa ko ari ibya Leta ya Kisilamu ya Iran biri kwegerezwa umupaka wayo na Iraq. Iran is moving heavy equipment to the border with ...
Birasa nk’aho ntacyo Israel yasize inyuma mu gusenya Gaza. Ubuyobozi bwayo buvuga ko buzirinda uko bishoboka kose ngo hatagira umusivili ubigenderamo. Mu kwegeranya ibikoresho, ingabo z’iki gihugu zat...
Bisa n’aho ari imibare yabazwe kare kubera ko umunsi Hamas yatereyemo Israel(iyitunguye) ari nawo Israel yinjiriye muri Gaza ikoresheje ibifaro byayo. Icyo gihe hari ku wa Gatandatu taliki 07, Ukwakir...
Amashusho yafashwe na camera zo ku ngofero z’ingabo za Israel arerekana abasirikare b’iki gihugu binjira mu gace katavugwa amazina zikabohora abantu 250 Hamas yari yarafasheho umunyago. Inyandiko ijya...









