Umunyamakuru wa Russia Today ( RT) yahawe uburenganzira budasanzwe bwo kujya gusura no gufata amashusho y’indake abarwanyi ba Hamas bubatse ngo bihishe Israel. Zirakomeye cyane kuko zubakishije béton,...
Nyuma y’uko Israel itangije intambara kuri Hamas, igakoresha imbaraga bamwe bavuga ko zikabije ubwinshi, ubu hirya no hino hari bamwe barakariye Israel n’Abayahudi. Igihugu cya mbere kidacana uwaka na...
Leta ya Israel yatangaje imyirondoro y’Abanya-Tanzania babiri byemezwa ko bashimuswe na Hamas. Hamas yagabye ibitero muri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023 ihitana abantu 700 icyarimwe ariko nyuma haza...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Lt Gen Mubarakh Muganga yaganiriye na mugenzi we wo mu ngabo z’Ubushinwa ushinzwe ibikorwa by’urugamba witwa Gen Liu Zhenli uko imikoranire y’impande zombi ...
Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi avuga ko ibyo Israel iri gukorera muri Gaza ari ukurenga umurongo utukura kandi ko bizatuma Iran yinjira muri iyi Ntambara Israel iri kurwana na Hamas. Minisitiri ...
Umukire wa Kabiri ku isi witwa Elon Musk yatangaje ko agye guha murandasi abo muri Palestine kandi ibi Israel ntibishaka kubera kwanga ko byaya urwaho abarwanyi ba Hamas bagashobora guhanahana amakuru...
Ingabo za Israel zaraye zirashe bombe nyinshi mu bice zari zizi ko byihishemo umugabo witwa Asem Abu Rakaba zivuga ko ari we wateguye ibitero by’abarwanyi ba Hamas baherutse kugaba baturutse mu kirere...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss yahuye n’abakora mu buhinzi birimo n’ababwigiye mu gihugu cye, baganira aho babona iki gihugu cyakomeza gushyira imbaraga mu gufasha u Rwanda mu guteza imber...
Nyuma ya Joe Biden, kuri uyu wa Kabiri, taliki 24, Ukwakira, 2023, Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron nawe arajya muri Israel kuganira n’abayitegeka ngo abasabe kugabanya uburakari bafitiye abatuye...
Ingabo za Israel zakoresheje intwaro ikomeye cyane mu gusenya ahantu Hamas ikunze gutereka ibisasu ikoresha irasa za roquettes muri Israel. Intwaro iki gihugu cyakoresheje bazira Iron Sting, ugenekere...









