Polisi ya Israel ivuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mberet ariki 08, Nzeri, 2025 i Yeruzalemu hagabwe igitero cy’iterabwoba kishe abantu batandatu, batatu muri bo bakaba abagisha mu idini rya Kiyahud...
Kuri Truth Social, Perezida Donald Trump yanditse amagambo asaba Hamas kurekura abaturage ba Israel bose yatwaye bunyago, akavuga ko Amerika idashaka ko Hamas irekura babiri, batanu cyangwa barindwi a...
I Cairo ntibashira amakenga ibizakurikira igitero simusiga Israel iteganya kugaba muri Gaza ikayigarurira yose. Niyo mpamvu hari gutegurwa uko ku mupaka wayo na Gaza hakongerwa ingabo n’ibikoresho bya...
Mu minsi mike iri imbere, ingabo 100,000 za Israel ziratangiza ibitero muri Gaza k’ubutaka no mu kirere mu rwego gufata aka agace kose nk’uko ikinyamakuru Walla kibyemeza. Abagihaye amakuru bavuga ko ...
Itangazamakuru mpuzamahanga ritangaza ko hari ibitero bya Israel byinshi byagabwe muri Gaza, bigakekwa ko biri muri gahunda yo gusenya uyu Mujyi kugira ngo habeho gusenya ‘burundu’ ibirind...
Nyuma y’urupfu rw’abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe n’igisasu cy’indege za Israel, ubu haravugwa umwuka mubi hagati y’iki gihugu na Qatar. Qatar niyo nyiri Al Jaze...
Ibyari bimaze iminsi bivugwa ko bizakorwa na Netanyahu bigiye kuba impamo nyuma y’uko Inama yaguye y’Umutekano y’igihugu cye yaraye ayoboye yemeje ko ingabo za Israel zigiye gufata Gaza yose. Kugeza u...
Abazi ibivugirwa mu Biro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel biri i Yeruzalemu, bemeza ko hari umugambi ufatika w’uko ari hafi gutangaza ko igihugu cye kigiye kwigarurira burundu Intara ya Gaza. Ndetse ...
Abo mu Ishyaka ry’Abademukarate bo Nteko ishinga amategeko ya Amerika barenga 20 banditse ibaruwa barayisinya basaba Perezida Donald Trump kwemera ko Palestine iba igihugu kigenga byuzuye. Ikinyamakur...
Abayobozi bo mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’isi bamaganye amashusho bise ko ari ay’agashinyaguro yatangajwe na Hamas yerekana bamwe mu mbohe yatwaye bunyago ‘barazingamye kubera inzara’. Ayo mashus...









