Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko ingabo ze zizagaba igitero ahitwa Rafah kugira ngo zirimbure burundu abarwanyi ba Hamas bivugwa ko ari ho basigaye baragize ibirindiro. Avug...
Abanyeshuri bo muri Kaminuza zirimo n’izikomeye kurusha izindi muri Amerika bamaze hafi ukwezi bamagana intambara Israel yatangije muri Gaza. Imyigaragambyo yabo imaze kugera muri Kaminuza 29. Baramag...
Major General Aharon Haliva wari ushinzwe ubutasi bwa gisirikare mu ngabo za Israel yatangaje ko yeguye kubera uburangare yagize kugeza ubwo Hamas igabye igitero kuri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023....
Uwakwemeza ko intambara y’Uburusiya na Ukraine igiye gufata indi sura, akabishingira ku ngingo y’uko Inteko ishinga amategeko y’Amerika yaraye yemereye Ukraine miliyari $ 61 (£49bn) yo gukoresha...
Intambara ikomeje gututumba hagati ya Iran na Israel yatumye abacukura essence bagira amakenga y’uko isoko ryayo ryabura batangira kuyibika none yazamuye ibiciro ku isoko mpuzamahanga. Si essenc...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu amakuru aravuga ko hari indege za Israel zarashe ikigo cy’ingabo za Iran kiri ahitwa Isfahan muri Iran rwagati. Nyuma hahise hatangazwa amafoto yerekana imbunda za Ir...
Mu mpera z’Icyumweru gishize ku isi habaye byinshi ariko icyari gikurikiwe n’amahanga ni intambara isa niyatangiye hagati ya Israel na Iran. Nyuma y’ibitero Iran yagabye kuri Israel, nayo irashaka kwi...
Ubu cameras z’itangazamakuru ziri kureba mu Burasirazuba bwo Hagati aho Iran na Israel byasakiranye. Ubwongereza, Amerika n’Ubufaransa bamaze kwitegura gufasha Israel mu gihe amakuru avuga ko Qatar na...
Mu ijoro ryakeye i Yeruzalemu humvikanye urusaku rw’imashini zaburiraga abaturage ngo bave mu nzira kubera missiles za Iran zarashwe yo. Ni intangiriro y’intambara ikomeye yarose mu Burasirazuba bwo ...
Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yasuye ikigo gikoresha indege z;intambara kiri ahitwa Tel Nof abasaba kuryamira amajanja. Ni ubutumwa atanze nyuma y’uko Iran ivuze ko iri gutegura k...









