Amashusho yacishijwe kuri X arerekana abatu bihisha abandi bakomerekejwe n’ibisasu bivugwa ko byarashwe n’ingabo za Israel. Byarashwe mu mujyi wa Rafah ahantu imaze iminsi ibuzwa kuhagaba ...
Nyuma y’igihe gito indege yari itwaye Perezida wa Iran ikoze impanuka ikamuhitana, ku mbuga nkoranyambaga hatangiye kuvugwa ko Urwego rw’ubutasi rwa Israel Mossad rwaba rubifitemo ukuboko....
Amakuru ataremeranywaho mu buryo budasubirwaho aravuga ko indege Perezida wa Iran yari arimo yakoreye impanuka ahantu bigoye kugera kugira ngo abari bayirimo batabarwe. Ku rundi ruhande, Ibiro Ntarama...
Kuri X, ingabo za Israel zatangaje ko izigize Brigade ya 401 bita Givati zamaze kwinjira mu mujyi wa Rafah imbere aho ziri kurasana imbonankubone n’abarwanyi ba Hamas. Yunzemo ko iyo ntambara imaze ku...
Nyuma y’uko ibiteguje igihe kirekire, Israel yatangije intambara muri Rafah, ahantu ivuga ko hahindutse indiri y’abarwanyi ba Hamas. Ibinyamakuru byo muri Israel bivuga ko burinze bucya ib...
Kutemeranya na Amerika ku gitero Israel iri gutegura ku mujyi wa Rafah byatumye bombe Washington yagombaga guha Yeruzalemu izihagarika. Nta cyo Israel irabivugaho kugeza ubu. Bombe nini zagombaga guha...
Guverinoma ya Israel yanzuye yose ko Televiziyo yo muri Qatar yitwa Al Jazeera ifungwa kugeza igihe kitaratangazwa. Inama ihagarika Al Jazeera yateraniye mu Nteko ishinga amategeko ya Israel hari tali...
Ingabo za Israel zirashinja Hamas kungera kurasa ku butaka bwayo hagakomereka abantu 10 kandi ngo hari abakomeretse cyane. Ibyo ingabo za Israel bishobora kuza gusubiza irudubi imishyikirano y’a...
Ubutegetsi bwa Ankara bwatangaje ko bucanye umubano na Israel kubera intambara yayo muri Gaza. Turikiya ivuga ko itakomeza gucuruzanya n’igihugu cyatumye ubuzima bw’abantu babarirwa muri z...
Muri Kaminuza nkuru ya Leta ya California yitwa University of California, Los Angeles, ibyari bimaze iminsi ari imyigaragambyo isa n’irimo amahoro, byahinduye isura ubwo abanyeshuri bashyigikiye Israe...









