Ismail Haniyeh wari umuyobozi mukuru wa Hamas yaraye yiciwe muri Iran aho yari yagiye mu irahira rya Perezida mushya Iran witwa Masoud Pezeshkian. Iby’urupfu rwe byatangajwe na Hamas ubwayo ndetse n’u...
Dr. Alon Liel wabaye umuyobozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Israel akaba yaranayihagarariye muri Turikiya avuga ko igihugu cye gikwiye gufatana uburemere ibyo Perezida wa Turikiya aheru...
Ubutasi bwa Israel buremeza ko igitero cyaraye gihitanye abana 12 kigakomeretsa abandi benshi, cyagabwe na Hezbollah. Uyu mutwe ukorera muri Lebanon wo wabihakanye, uvuga ko ntaho uhuriye nabyo. Mu ma...
Minisitiri w’intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yaraye ababwiye abagize Inteko ishinga amategeko ya Amerika, Imitwe yombi, ko igihugu cyabo kidakwiye kwirara ngo kibagirwe ko Iran ari umwanzi wacyo ...
Uretse intambara muri Gaza Netanyahu ari kurwana, ku rundi ruhande agiye no guhangana n’Abayahudi bagendera ku mahame akaze badashaka kujya mu gisirikare nk’uko biherutse kuba itegeko. Iri...
Mu kiganirompaka abakandida baharanira kuziyamamariza kuyobora Amerika baraye bagiriye kuri CNN, Donald Trump yagaragaye nk’urusha Biden ndetse bamwe bavuze ko Joe atitwaye neza muri rusange. Ku rundi...
Ubuyobozi bw’ingabo za Israel bwatangaje ko izi ngabo zahitanye Sami Taleb Abdullah wari umuyobozi wa Hezbollah. The Jerusalem Post yatangaje ko yamutsinze mu biro bya Hezbollah biri ahitwa Jouaiyya m...
Abantu bane bari barashimuswe n’umutwe wa Hamas umwaka ushize babohowe n’ingabo za Israel zibavanye hagati muri Gaza, mu gitero cyamaze ibyumweru byinshi gitegurwa. Ku baturage ba Israel byabaye ibyis...
Mu gihe amaso ahanzwe ku ntambara iri muri Gaza, i Yeruzalemu bo baremeza ko hasigaye gufata icyemezo cya nyuma indi ntambara yeruye igatangira mu Majyaruguru y’iki gihugu, yo ikazaba igamije kurimbur...
Guverinoma y’u Rwanda yifatanyije na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss n’abandi bakora muri Ambasade ayoboye kwizihiza imyaka 76 Israel imaze yigenga. Iki gihugu cyabonye ubwigenge mu mwaka...









